Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Umurwa w’i Yerusalemu ko usigayemo ubusa,Kandi wari wuzuye abantu!Uwari ukomeye mu mahanga,Ko yahindutse nk’umupfakazi!Uwari umwamikazi mu ntara yarayobotse,Aratura ikoro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Nijoro arira cyane,Amarira amutemba mu maso,Mu bakunzi be bose ntafite umuhumuriza.Incuti ze zose zaramuriganije,Zahindutse abanzi be.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Abayuda bajyanywe ari imbohe,Babitewe n’akarengane n’uburetwa bwinshi bikabije.Batuye mu banyamahanga,Nta buruhukiro bahabonye,Ababarenganya bose babafashe bageze mu gakubiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Inzira z’i Siyoni ziraboroga,Kuko ari nta wukīza mu materaniro yera.Amarembo yaho yose ni amatongo,Abatambyi baho barasuhuza umutima.Abari baho bafite umubabaro,Na ho ubwaho hafite ishavu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Abaharwanyaga barahanesheje,Ababisha baho bagize ishya.Kuko Uwiteka yahababaje ahahoye ibicumuro byaho byinshi,Abana baho bato bajyanywe ho abanyagano imbere y’ababisha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Ubwiza bwose bw’umukobwa w’i Siyoni bwamuvuyeho,Ibikomangoma bye byahindutse nk’impara zihebye urwuri,Byagiye bidafite intege imbere y’ababyirukanaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
I Yerusalemu mu gihe cy’umubabaro n’amaganya byaho,Hibutse ibintu byaho byose binezeza,Ibyo hahoranye kera.Igihe ubwoko bwaho buguye mu maboko y’umubisha,Ntihagire kivuna,Ababisha bahabonye baseka ko habaye amatongo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
I Yerusalemu hacumuye bishishana,Ni cyo gituma habaye ikintu cyanduye.Abahubahaga bose barahasuzuguye,Kuko babonye ubwambure bwaho.Ni ukuri hasuhuza umutima,Kandi hasubira inyuma.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Umwanda waho wageze ku myambaro yaho,Ntihibuka iherezo ryaho.Ni cyo cyatumye hacishwa bugufi bitangaje,Ntihagira uhahumuriza.“Ayii Uwiteka, itegereze umubabaro wanjye,Kuko umwanzi anyitereye hejuru!”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Umubisha yasingirije ukuboko kwe ibintu byaho byose binezeza,Kuko habonye yuko abanyamahanga binjiye mu buturo bwaho bwera,Abo wari wahakaniye ko badakwiriye kwinjira mu iteraniro ryawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Abantu baho bose baraganya,Barahahiriza ibyokurya.Ibintu byabo binezeza babitanze ku byokurya ngo bahembure amagara yabo.“Ayii Uwiteka, reba kandi witegereze,Nahindutse umugayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
“Mwebwe abihitira mwese mwe, mbese ntibibababaje?Nimwitegereze murebe ko hari umubabaro uhwanye n’uwanjye wangezeho;Uwo Uwiteka yampanishije ku munsi w’uburakari bwe bukaze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
“Yohereje umuriro mu magufwa yanjye,Uvuye hejuru uyageramo yose.Yategeye ibirenge byanjye umutego,Yansubije inyuma.Yangize umwihebe ngacika intege umunsi wose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
“Ukuboko kwe kwamboheyeho umutwaro w’ibicumuro byanjye.Byarasobekeranye bingera mu ijosi,Yacogoje imbaraga zanjye.Umwami yantanze mu maboko y’abo ntashoboye guhangana na bo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
“Umwami yagushije intwari zanjye zose zari zantuyeho,Yankoranirijeho iteraniro ryo guhondagura abasore banjye.Umwami yaribatiye umwari wa Yuda mu muvure,Nk’uko bawengeragamo vino.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
“Ibyo ni byo bindiza,Ijisho ryanjye, ijisho ryanjye riratembamo amarira nk’amazi,Kuko umuhumuriza wari ukwiriye kundema umutima ambaye kure.Abana banjye babaye impabe,Kuko umwanzi yatsinze.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
I Siyoni harara amaboko ntihaboneka uhahumuriza,Uwiteka yategetse ibya Yakobo,Kugira ngo abamukikijeho bamubere ababisha,I Yerusalemu habamereye nk’ikintu cyanduye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
“Uwiteka arakiranuka kuko nagomeye amategeko ye,Nimwumve ndabinginze, mwa moko yose mwe,Kandi mwitegereze umubabaro wanjye,Abari banjye n’abahungu banjye bagiye ho abanyagano.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
“Natabaje abakunzi banjye ariko baranshutse,Abatambyi banjye n’abakuru banjye baguye ku murwa,Ubwo bashakaga ibyokurya bihembura amagara yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
“Ayii Uwiteka, itegereze kuko ndi mu makuba,Umutima wanjye urahagaze!Umutima wanjye uradihagura kuko nagomye bishayishije,Inkota iricira hanze kandi no mu rugo hari urupfu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
“Bumvise ko nganya ntihagira umpumuriza,Abanzi banjye bose bumvise ibyago byanjye,Bishimira ko ari wowe wabingize.Uzasohoze umunsi wavuze na bo bamere nkanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
“Ibibi byabo byose bize imbere yawe,Ubagirire nk’uko wangiriye,Umpora ibicumuro byanjye byose.Kuko amaganya yanjye ari menshi,Kandi umutima wanjye ukaba urabiranye.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma amaganya igice cya: