Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Ndi umuntu wabonye umubabaro,Yankubise inkoni y’uburakari bwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Yaranshoreye ancisha mu mwijima,Atari mu mucyo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Ni ukuri yakomeje kumbangurira ukuboko hato na hato,Burinda bwira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Inyama yanjye n’umubiri wanjye bishajishijwe na we,Amagufwa yanjye yarayamenaguye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Yanyubatseho anzingiraho indurwe n’umuruho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Yantuje mu mwijima nk’abapfuye kera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Yankubiye mu nkike kugira ngo ntahinguka mu irembo,Yatumye umunyururu wanjye undemerera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Ni ukuri iyo mutakiye mutabaza,Gusenga kwanjye aguheza hanze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Inzira zanjye yazīcishije inkike z’amabuye,Aho nanyuraga yarahagoretse.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Amereye nk’idubu yubikiye,Nk’intare iciye igico.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Yayobeje inzira zanjye,Kandi yarantanyaguye angira indushyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Yamforeye umuheto,Angira intego y’umwambi we.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Yatumye imyambi yo mu kirimba cye impinguranya impyiko,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Nahindutse urw’amenyo mu bwoko bwanjye bwose,Bangize indirimbo umunsi wose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Yanyujujemo ibisharira,Yampagije apusinto.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Amenyo yanjye yayahongoje amabuye,Yandengeje ivu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Kandi watandukanije ubugingo bwanjye,N’amahoro akamba kure,Guhirwa narakwibagiwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Maze ndavuga nti“Imbaraga zanjye no kwiringira kwanjye nari mfite ku Uwiteka, birashize.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Ibuka umubabaro wanjye n’amakuba yanjye,Apusinto n’indurwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Ubugingo bwanjye buracyabyibuka,Kandi burihebye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Iki ni cyo nibuka,Ni byo bindema umutima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Imbabazi z’Uwiteka ni zo zituma tudashiraho,Kuko ibambe rye ritabura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Zihora zunguka uko bukeye,Umurava wawe ni munini.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Umutima wanjye uravuga uti“Uwiteka ni we mugabane wanjye,Ni cyo gituma nzajya mwiringira.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Uwiteka abereye mwiza abamutegereje,N’ubugingo bw’umushaka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Ni byiza ko umuntu yiringira,Ategereje agakiza k’Uwiteka atuje.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Bikwiriye umuntu kuremererwa akiri umusore.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Yicare yiherereye kandi yihoreye,Kuko Imana yabimushyizeho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Nakubite akanwa ke mu mukungugu,Niba hariho ibyiringiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Ategere umusaya we umukubita,Bamuhaze ibitutsi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Kuko Uwiteka atazagira ubwo areka umuntu iteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Naho yababaza umuntu ariko azamugirira ibambe,Nk’uko imbabazi ze nyinshi zingana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Kuko atanezezwa no kubabaza abantu,Cyangwa kubatera agahinda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
Umwami ntakunda ko banyukanyukira imbohe zose zo mu isi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
Cyangwa ko bacira umuntu urubanza,Imbere y’Isumbabyose barwirengagiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Kandi kugoreka urubanza rw’umuntu,Umwami ntabyemera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
Ni nde wahanura bikabaho,Kandi Umwami atari we ubitegetse?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
Mbese ku bushake bw’Isumbabyose,Ntihaturuka ibibi n’ibyiza?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
Umuntu ukiriho uhaniwe ibyaha bye,Yakwinubira iki se?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
Dutekereze inzira zacu tuzigenzure,Tubone kugarukira Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp41.
Twerekeze imitima yacu ku Mana iri mu ijuru,Tuyitegere n’amaboko yacu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp42.
“Twaracumuye kandi turagoma,Nawe ntiwatubabarira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp43.
Watumiramirijeho uburakari bwawe uraduhiga,Waratwishe ntiwatubabarira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp44.
Wikingiye igicu,Kugira ngo gusenga kwacu kudahita ngo kukugereho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp45.
Waduhinduye ibishishwa n’ibishingwe hagati y’amoko,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp46.
Abanzi bacu bose baratwasamiye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp47.
Ubwoba n’urwobo, gusenya no kurimbuka,Byose byatugezeho.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp48.
Ijisho ryanjye riratembamo imigezi y’amazi,Ndizwa no kurimbuka k’umukobwa w’ubwoko bwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp49.
Ijisho ryanjye ntirihwema gutembamo amarira ubutitsa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp50.
Kugeza igihe Uwiteka azitegereza,Akareba hasi ari mu ijuru.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp51.
Amarira y’ijisho ryanjye yandembeje,Mbitewe n’abakobwa bose bo mu murwa wanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp52.
Abanyangira ubusa bampize cyane nk’inyoni,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp53.
Banyiciye ubugingo mu rwobo rw’inzu y’imbohe,Bambirinduriraho ibuye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp54.
Amazi yarandengeye ku mutwe,Maze ndavuga nti “Ndapfuye.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp55.
Natakiye izina ryawe, Uwiteka,Ndi mu rwobo rw’imbohe rw’ikuzimu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp56.
Wumviye ijwi ryanjye, ntunyime ugutwi kwawe,Ngo utumva kuniha kwanjye no gutaka kwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp57.
Umunsi nagutakiraga wanje hafi,Uravuga uti “Witinya.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp58.
Ayii, Mwami,Wamburaniye urubanza rw’umutima wanjye,Wacunguye ubugingo bwanjye!
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp59.
Ayii, Uwiteka,Wabonye akarengane kanjye,None ncira urubanza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp60.
Wabonye guhōra kwabo kose,N’imigambi yabo yose bangīra.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp61.
Wumvise ibitutsi byabo, ayii Uwiteka,N’imigambi yabo yose bangīra,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp62.
N’iminwa y’abahagurutswa no kuntera,N’inama zabo zose bangīra umunsi ukira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp63.
Itegereze imyicarire yabo,Reba imihagurukire yabo,Bangize indirimbo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp64.
Ayii, Uwiteka,Uzabiture ibihwanye n’imirimo y’amaboko yabo!
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp65.
Uzabahe umutima uhumye,Umuvumo wawe ubagereho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp66.
Uzabakurikirane ufite uburakari,Kandi ubarimbure ngo bashire munsi y’ijuru ry’Uwiteka.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma amaganya igice cya: