Somera Bibiriya kuri Telefone
Abanyagano basubiye iwabo (Neh 7.4-73)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Kandi abo muri icyo gihugu, Nebukadinezari umwami w’i Babuloni yajyanye ari imbohe, akabajyana i Babuloni, abavuye mu bunyage bagasubira i Yerusalemu n’i Buyuda, umuntu wese agasubira mu mudugudu w’iwabo ni aba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Ni bo bazanye na Zerubabeli na Yeshuwa na Nehemiya, na Seraya na Rēlaya na Moridekayi, na Bilishani na Misipari na Bigivayi, na Rehumu na Bāna. Umubare w’abagabo bo mu Bisirayeli ni uyu:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Abo muri bene Paroshi ni ibihumbi bibiri n’ijana na mirongo irindwi na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Abo muri bene Shefatiya ni magana atatu na mirongo irindwi na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Abo muri bene Ara ni magana arindwi na mirongo irindwi na batanu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Abo muri bene Pahatimowabu, bo muri bene Yoshuwa na Yowabu ni ibihumbi bibiri na magana inani na cumi na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Abo muri bene Elamu ni igihumbi na magana abiri na mirongo itanu na bane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Abo muri bene Zatu ni magana urwenda na mirongo ine na batanu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Abo muri bene Zakayi ni magana arindwi na mirongo itandatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Abo muri bene Bani ni magana atandatu na mirongo ine na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Abo muri bene Bebayi ni magana atandatu na makumyabiri na batandatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Abo muri bene Azigadi ni igihumbi na magana abiri na makumyabiri na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Abo muri bene Adonikamu ni magana atandatu na mirongo itandatu na batandatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Abo muri bene Bigivayi ni ibihumbi bibiri na mirongo itanu na batandatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Abo muri bene Adini ni magana ane na mirongo itanu na bane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Abo muri bene Ateri, ba Hezekiya, ni mirongo urwenda n’umunani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Abo muri bene Besayi ni magana atatu na makumyabiri na batatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Abo muri bene Yora ni ijana na cumi na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Abo muri bene Hashumu ni magana abiri na makumyabiri na batatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Abo muri bene Gibari ni mirongo urwenda na batanu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Abakomoka mu mugi wa Betelehemu ni ijana na makumyabiri na batatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Abagabo b’i Netofa ni mirongo itanu na batandatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Abagabo ba Anatoti ni ijana na makumyabiri n’umunani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Abakomoka mu mugi wa Azimaveti ni mirongo ine na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Abakomoka mu mugi wa Kiriyatarimu n’uwa Kefira n’uwa Bēroti, ni magana arindwi na mirongo ine na batatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Abakomoka mu mugi wa Rama n’uwa Geba ni magana atandatu na makumyabiri n’umwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Abakomoka mu mugi wa Mikimasi ni ijana na makumyabiri na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Abakomoka mu mugi wa Beteli n’uwa Ayi ni magana abiri na makumyabiri na batatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Abakomoka mu mugi wa Nebo ni mirongo itanu na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Abakomoka mu mugi wa Magibishi ni ijana na mirongo itanu na batandatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Abo muri bene Elamu wundi ni igihumbi na magana abiri na mirongo itanu na bane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Abo muri bene Harimu ni magana atatu na makumyabiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Abakomoka mu mugi wa Lodi n’uwa Hadidi n’uwa Ono, ni magana arindwi na makumyabiri na batanu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
Abakomoka mu mugi wa Yeriko ni magana atatu na mirongo ine na batanu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
Abakomoka mu mugi wa Senaya ni ibihumbi bitatu na magana atandatu na mirongo itatu.
Abatambyi n’Abalewi basubiyeyo
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Abatambyi bene Yedaya, bo muryango wa Yeshuwa ni magana urwenda na mirongo irindwi na batatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
Abo muri bene Imeri ni igihumbi na mirongo itanu na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
Abo muri bene Pashuri ni igihumbi na magana abiri na mirongo ine na barindwi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
Abo muri bene Harimu ni igihumbi na cumi na barindwi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
Abalewi bene Yeshuwa na Kadimiyeli, bo muri bene Hodaviya ni mirongo irindwi na bane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp41.
Abaririmbyi bene Asafu ni ijana na makumyabiri n’umunani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp42.
Abo mu bakumirizi bene Shalumu na bene Ateri, na bene Talimoni na bene Akubu, na bene Hatita na bene Shobayi, bose ni ijana na mirongo itatu n’icyenda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp43.
Abanetinimu bene Siha na bene Hasufa na bene Tabawoti,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp44.
na bene Kerosi na bene Siyaha na bene Padoni,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp45.
na bene Lebana na bene Hagaba na bene Akubu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp46.
na bene Hagabu na bene Shalumayi na bene Hanāni,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp47.
na bene Gideli na bene Gahari na bene Reyaya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp48.
na bene Resini na bene Nekoda na bene Gazamu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp49.
na bene Uza na bene Paseya na bene Besayi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp50.
na bene Asina na bene Meyunimu na bene Nefusimu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp51.
na bene Bakibuki na bene Hakufa na bene Harihuri,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp52.
na bene Basiluti na bene Mehida na bene Harisha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp53.
na bene Barikosi na bene Sisera na bene Tema,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp54.
na bene Nesiya na bene Hatifa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp55.
N’abuzukuruza b’abagaragu ba Salomo ni bene Sotayi na bene Sofereti na bene Peruda,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp56.
na bene Yāla na bene Darikoni na bene Gideli,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp57.
na bene Shefatiya na bene Hatili, na bene Pokeretihasebayimu na bene Ami.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp58.
Abanetinimu bose n’abuzukuruza b’abagaragu ba Salomo, bari magana atatu na mirongo urwenda na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp59.
Kandi aba ni bo bazamutse bava i Telimela n’i Teliharisha, n’i Kerubu na Adani na Imeri, ariko ntibabasha kwerekana amazina ya ba sekuruza n’imbyaro zabo yuko ari Abisirayeli koko.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp60.
Abo muri bene Delaya na bene Tobiya na bene Nekoda, ni magana atandatu ma mirongo itanu na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp61.
Kandi n’abo mu batambyi bene Habaya na bene Hakosi, na bene Barizilayi w’Umunyagaleyadi, washatse umugeni mu bakobwa ba Barizilayi w’Umunyagaleyadi akamwitirirwa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp62.
abo bashatse amazina yabo mu mibare yo kuvuka kwabo ntibayabona, ni cyo cyatumye batekerezwa nk’abahumanye bagakurwa mu butambyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp63.
Umutirushata ababwira yuko batarya ku bintu byejejwe cyane, kugeza ubwo hazaboneka umutambyi ufite Urimu na Tumimu.
Abasubiyeyo bose n’ibintu byabo n’amaturo yabo
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp64.
Nuko iteraniro ryose riteranye ryari inzovu enye n’ibihumbi bibiri na magana atatu na mirongo itandatu;
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp65.
udashyizeho abagaragu babo n’abaja babo, umubare wabo bari ibihumbi birindwi na magana atatu na mirongo itatu na barindwi, kandi bari bafite abagabo n’abagore b’abaririmbyi magana abiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp66.
Amafarashi yabo yari magana arindwi na mirongo itatu n’atandatu, n’inyumbu zabo zari magana abiri na mirongo ine n’eshanu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp67.
n’ingamiya zabo na zo zari magana ane na mirongo itatu n’eshanu, n’indogobe zabo zari ibihumbi bitandatu na magana arindwi na makumyabiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp68.
Bamwe mu batware b’amazu ya ba sekuruza, bageze ku nzu y’Uwiteka iri i Yerusalemu baturana umutima ukunze amaturo y’inzu y’Imana, ngo bayishinge ahantu hayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp69.
Batanga uko babashije, bashyira mu bubiko bw’ibikoreshwa umurimo dariki z’izahabu inzovu esheshatu n’igihumbi, n’indatira z’ifeza ibihumbi bitanu, n’imyambaro ijana y’abatambyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp70.
Nuko abatambyi n’Abalewi n’abantu bamwe, n’abaririmbyi n’abakumirizi n’Abanetinimu baba mu midugudu yabo, n’Abisirayeli bose mu midugudu yabo.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma ezira igice cya: