Somera Bibiriya kuri Telefone
Abahanuzi babatera umwete, bongera kubaka
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Nuko abahanuzi Hagayi na Zekariya mwene Ido, bahanurira Abayuda bari i Buyuda n’i Yerusalemu. Babahanuriraga mu izina ry’Imana ya Isirayeli.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Bukeye Zerubabeli mwene Sheyalutiyeli ahagurukana na Yeshuwa mwene Yosadaki, batangira kubaka inzu y’Imana iri i Yerusalemu, bari kumwe n’abahanuzi b’Imana babafashaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Muri iyo minsi haza Tatenayi igisonga cy’umwami cyo hakurya y’uruzi, na Shetaribozenayi na bagenzi babo, baza aho bari bari barababaza bati “Ni nde wabahaye itegeko ngo mwubake iyi nzu, ngo mwuzuze n’iyi nkike?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Kandi barababaza bati “Abagabo bubaka iyi nzu bitwa ba nde?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Ariko amaso y’Imana yabo aba ku batware b’Abayuda ntibabuza kubaka, mu gihe batumye kuri Dariyo kugeza ubwo igisubizo cyaje mu rwandiko rw’ibyo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Aya magambo ni yo akurikije ayo mu rwandiko rwanditswe na Tatenayi igisonga cy’umwami cyo hakurya y’uruzi, na Shetaribozenayi na bagenzi babo b’Abafarisaki bari hakurya y’uruzi, bakarwoherereza Umwami Dariyo.
Abanzi bongera kwandikira umwami
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Bamwoherereza urwandiko rwanditswe rutya ngo: “Ku Mwami Dariyo, nimuhorane amahoro masa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
“Nyagasani, umenye ko twagiye mu gihugu cy’u Buyuda ku nzu y’Imana nkuru yubakwa n’amabuye manini, kandi yomekwaho ibiti ku nsika zayo. Iyo myubakire irakomeza kujya imbere, irubakitse, bafite umwete.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
None twabajije abo bakuru tuti ‘Ni nde wabahaye itegeko ngo mwubake iyi nzu, ngo mwuzuze n’iyi nkike?’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Kandi twababajije n’amazina yabo kugira ngo tuyakubwire, kandi ngo twandike n’amazina y’abagabo babatwara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
“Nuko baradusubiza bati ‘Turi abagaragu b’Imana nyir’ijuru n’isi, kandi turubaka inzu yari yubatswe kera hashize imyaka myinshi, iyo umwami wa Isirayeli mukuru yubatse akayuzuza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Ariko hanyuma ba sogokuruza barakaje Imana nyir’ijuru, ibagabiza Nebukadinezari Umukaludaya umwami w’i Babuloni asenya iyi nzu, ajyana abantu ho iminyago i Babuloni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Ariko mu mwaka wa mbere wa Kuro umwami w’i Babuloni, uwo mwami yategetse itegeko yuko iyi nzu y’Imana yubakwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Ndetse n’ibikoreshwa byo mu nzu y’Imana by’izahabu n’ifeza, ibyo Nebukadinezari yari yaranyaze mu rusengero rw’i Yerusalemu akabijyana mu ngoro y’i Babuloni, Umwami Kuro abikura mu ngoro y’i Babuloni babiha umuntu witwa Sheshibasari, uwo yari yagize igisonga cye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Aramubwira ati “Jyana ibi bintu ugende ubishyire mu rusengero rw’i Yerusalemu, inzu y’Imana yubakwe mu kibanza cyayo.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Bukeye Sheshibasari uwo araza, ashinga imfatiro z’inzu y’Imana i Yerusalemu. Nuko rero uhereye icyo gihe ukageza ubu iracyubakwa, kandi ntiruzura.’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
“Nuko umwami nabyemera, bashake mu nzu y’ububiko bw’umwami i Babuloni, barebe yuko bitameze nk’uko Umwami Kuro yategetse itegeko ryo kubaka iyi nzu y’Imana i Yerusalemu, maze umwami abidutegekere uko ashaka.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma ezira igice cya: