Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Ukunda guhugurwa aba akunda ubwenge, Ariko uwanga guhanwa aba asa n’inka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Umuntu mwiza azabona ihirwe ku Uwiteka, Ariko azatsinda ugambirira ibibi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Nta muntu ukomezwa no gukora ibibi, Kandi umuzi w’umukiranutsi ntuzarandurwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Umugore w’ingeso nziza abera umugabo we ikamba, Ariko ukoza isoni ni nk’ikimungu kiri mu magufwa ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Ibyo umukiranutsi atekereza biratunganye, Ariko inama z’umunyabyaha ni uburiganya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Amagambo umunyabyaha avuga ni ayo kubikīra kuvusha abantu amaraso, Ariko akanwa k’utunganye kazabarokora.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Abanyabyaha bazubikwa ntibazaba bakiriho, Ariko urugo rw’umukiranutsi ruzakomera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Umuntu azashimirwa uko ubwenge bwe buri, Ariko ufite umutima ugoramye azagawa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Umuntu woroheje ariko afite akagaragu, Aruta umwirasi utagira ikimutunga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Umukiranutsi yita ku matungo ye, Ariko imbabazi z’umunyabyaha ni umwaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Uhinga umurima we asanzuye azabona ibyokurya bimuhagije, Ariko ukurikirana ibitagira umumaro ntabwo agira umutima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Umunyabyaha yifuza gutungwa n’iminyago y’ababi, Ariko imizi y’umukiranutsi ituma yera imbuto.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Ururimi rucumura rubera umuntu mubi umutego, Ariko umukiranutsi azakira amakuba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Imbuto z’ibituruka mu kanwa k’umuntu ni zo zimuhesha ibyiza, Kandi umuntu ahabwa ibihwanye n’imirimo y’amaboko ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Imirimo y’umupfu ihora imutunganira, Ariko umunyabwenge yemera kugirwa inama.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Uburakari bw’umupfapfa bugaragara vuba, Ariko umunyamakenga yirengagiza ibitutsi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Uvuga iby’ukuri yerekana gukiranuka, Ariko umugabo w’indarikwa avuga ibinyoma.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Habaho uwihutira kuvuga amagambo yicana nk’inkota, Ariko ururimi rw’umunyabwenge rurakiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Ikivuzwe cy’ukuri kiraramba, Ariko iby’ururimi rubeshya bishira vuba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Uburiganya buba mu mitima y’abajya inama y’ibibi, Ariko abajya inama y’amahoro ibyabo ni umunezero.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Nta cyago kizaba ku mukiranutsi, Ariko abanyabyaha bazuzurwamo n’ibibi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Ururimi rubeshya ni ikizira ku Uwiteka, ahubwo anezezwa n’abakora iby’ukuri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Umunyamakenga abumbatira ubwenge bwe, Ariko umutima w’abapfapfa wamamaza ubupfu bwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Ukuboko k’umunyamwete kuzatwara, Ariko ukuboko k’umunyabute kuzakoreshwa uburetwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Amaganya yo mu mutima atera umuntu akiyumviro, Ariko ijambo ryiza risusurutsa uwo umutima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Umukiranutsi ayobora umuturanyi we, Ariko inzira y’abanyabyaha irabayobya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Umunyabute ntahigura umuhigo we, Ariko umwete w’umuntu umugirira akamaro kanini.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Mu nzira yo gukiranuka hari ubugingo, No mu mayira yako nta rupfu rubamo.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma imigani igice cya: