Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Ntukiratane iby’ejo,Kuko utazi icyo uwo munsi uzacyana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Aho kwishima washimwa n’undi,Ndetse n’umushyitsi ariko atari ururimi rwawe wishimisha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Ibuye riraremereye,Umusenyi ni umutwaro,Ariko uburakari bw’umupfapfa burusha byombi kuremera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Uburakari butera urugomo,Kandi umujinya umeze nk’isūri,Ariko ni nde washobora kwihanganira ishyari?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Guhanirwa ku mugaragaro,Kuruta urukundo rudaseruka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Ibikomere by’umukunzi bizanwa n’ukuri,Ariko umwanzi asomana akabya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Uwijuse akandagira mu buki,Ariko inda ishonje ikirura cyose kirayiryohera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Uko inyoni iguruka igasiga icyari cyayo,Ni ko umuntu ameze ururongotana agata iwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Nk’uko amadahano y’imibavu anezeza umutima,Ni ko umuntu aryoherwa n’inama ivuye mu mutima w’incuti ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Ntukareke incuti yawe n’incuti ya so,Kandi ku munsi ugize amakuba ntukajye gutabaza mwene so,Umuturanyi uri hafi aruta umuvandimwe uri kure.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Mwana wanjye, gira ubwenge,Kandi unezeze umutima wanjye,Kugira ngo mbone uko nsubiza untutse.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Umunyamakenga iyo abonye ibibi bije arabyikinga,Ariko umuswa arakomeza akabijyamo akababazwa na byo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Uwishingiye umushyitsi umwaka umwambaro we ho ingwate,Uwishingiye umugore w’inzaduka umenye ko ari inshingano.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Uzinduka kare cyane akajya gushima incuti ye asakuza,Bimubera nk’umuvumo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Umunsi w’imvura nyinshi y’urujojo rudahita,N’umugore w’ingare uvuga urudaca birahwanye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Ushaka kumubuza ni nko kubuza umuyaga,Azamufata anyerera nk’amavuta.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Uko icyuma gityaza ikindi,Ni ko umuntu akaza mugenzi we.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Uhinga umutini ni we uzarya imbuto zawo,Kandi unamba kuri shebuja ni we uzashimwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Nk’uko amaso y’umuntu arebana n’ayo mu mazi,Ni ko umutima w’umuntu ureba mu wundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Ikuzimu nirimbukiro ntihahaga,Ni ko n’amaso adahaga kurora.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Uruganda rutunganya ifeza,N’itanura ritunganya izahabu,Kandi umuntu ageragezwa n’ibyo bamwogeza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Nubwo wasekurisha umupfapfa umuhini nk’ingano,Ubupfu bwe ntibwamushiramo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Gira umwete wo kumenya uko imikumbi yawe imeze,Kandi ufate neza amashyo yawe,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Kuko ubukungu budahoraho iteka,Ingoma na yo idahoranwa ibihe byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Ubwatsi bukuze buracibwa bukarundwa hakamera ubushya,Kandi ibyatsi byo mu misozi bigakoranirizwa mu rugo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Abana b’intama bakubera imyambaro,Kandi ihene zivamo izigurwa umurima,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Na yo amahenehene azaba ayo kunyobwa nawe,Aguhaze n’abo mu rugo rwawe,Ndetse atunge n’abaja bawe.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma imigani igice cya: