Somera Bibiriya kuri Telefone
Imibanire y’abantu n’Imana uko ikwiriye kumera
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Mwana wanjye ntukibagirwe ibyigisho byanjye, Ahubwo umutima wawe ukomeze amategeko yanjye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Kuko bizakungurira imyaka myinshi y’ubugingo bwawe, Ukazarama ndetse ukagira n’amahoro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Imbabazi n’umurava bye kukuvaho, Ubyambare mu ijosi, Ubyandike ku nkingi z’umutima wawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Ni bwo uzagira umugisha n’ubwenge nyakuri, Mu maso y’Imana n’abantu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Wiringire Uwiteka n’umutima wawe wose, We kwishingikiriza ku buhanga bwawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Uhore umwemera mu migendere yawe yose, Na we azajya akuyobora inzira unyuramo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Ntiwishime ubwenge bwawe, Ujye wubaha Uwiteka kandi uve mu byaha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Bizatera umubiri wawe kuba mutaraga, Ukagira imisokoro mu magufwa yawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Wubahishe Uwiteka ubutunzi bwawe, N’umuganura w’ibyo wunguka byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Ni bwo ibigega byawe bizuzuzwa, Kandi imivure yawe izasendera imitobe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Mwana wanjye, ntuhinyure igihano cy’Uwiteka, Kandi ntiwinubire n’uko yagucyashye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Kuko Uwiteka acyaha uwo akunda, Nk’uko umubyeyi acyaha umwana we yishimana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Hahirwa umuntu ubonye ubwenge, N’umuntu wiyungura kujijuka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Kubugenza biruta kugenza ifeza, Kandi indamu yabwo iruta iy’izahabu nziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Buruta amabuye ya marijani, Kandi mu byo wakwifuza byose, Nta na kimwe cyabuca urugero.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Mu kuboko kwabwo kw’iburyo bufite kurama, No mu kw’ibumoso bufite ubutunzi n’icyubahiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Inzira zabwo ni inzira z’ibinezeza, Kandi imigendere yabwo yose ni iy’amahoro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Ababwakira bubabera igiti cy’ubugingo, Kandi ubukomeza wese aba agira umugisha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Uwiteka yaremesheje isi ubwenge, Kandi yakomeresheje amajuru ubuhanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Ku bwo kumenya kwe amasōko y’ikuzimu yaratobotse, Kandi ibicu bitonyanga ikime.
Uko imibanire y’abantu ikwiriye kumera
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Mwana wanjye, komeza ubwenge nyakuri no kwitonda, Ntibive imbere y’amaso yawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Nuko bizaramisha ubugingo bwawe, Kandi bizabera ijosi ryawe umurimbo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Maze uzagendere mu nzira yawe amahoro, Kandi ikirenge cyawe ntikizasitara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Nuryama ntuzagira ubwoba, Ni koko uzaryama kandi ibitotsi byawe bizakugwa neza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Ntutinye ibiteye ubwoba by’inzaduka, Cyangwa kurimbuka kw’abanyabyaha kuje.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Kuko Uwiteka azakubera ibyiringiro, Kandi azarinda ikirenge cyawe gufatwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Abakwiriye kubona ibyiza ntukabibime, Niba bigushobokera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Ntukarerege mugenzi wawe uti “Genda uzagaruke ejo mbiguhe”, Kandi ubifite iruhande rwawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Ntukajye inama zo kugambanira mugenzi wawe, Ubwo muturanye amahoro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Ntugatongane n’umuntu mupfuye ubusa, Niba nta cyo yagutwaye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Ntukagirire umunyarugomo ishyari, Mu nzira ze ntugire n’imwe ukurikiza,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Kuko ikigoryi ari ikizira ku Uwiteka, Ariko ibanga rye rimenywa n’abakiranutsi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Umuvumo w’Uwiteka uhora mu rugo rw’umunyabyaha, Ariko ubuturo bw’umukiranutsi abuha umugisha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
Ni ukuri agaya abakobanyi, Ariko abicisha bugufi abagirira imbabazi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
Umunyabwenge azaragwa ubwiza, Ariko isoni zizaba igihembo cy’abapfu.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma imigani igice cya: