Somera Bibiriya kuri Telefone
Urubyaro rwa bene Nowa(1 Ngoma 1.5-23)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Uru ni urubyaro rwa bene Nowa, ni bo Shemu na Hamu na Yafeti, babyaye abana hanyuma ya wa mwuzure.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Bene Yafeti ni Gomeri na Magogi, na Madayi na Yavani na Tubali, na Mesheki na Tirasi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Bene Gomeri ni Ashikenazi na Rifati na Togaruma.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Bene Yavani ni Elisha na Tarushishi, na Kitimu na Dodanimu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Abo ni bo bagabiwe ibirwa by’abanyamahanga, nk’uko ibihugu byabo biri, umuntu wese nk’uko ururimi rwabo rumeze, nk’uko imiryango yabo iri, nk’uko amahanga yabo ari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Bene Hamu ni Kushi na Misirayimu, na Puti na Kanani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Bene Kushi ni Seba na Havila, na Sabuta na Rama na Sabuteka, bene Rama ni Sheba na Dedani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Kandi Kushi yabyaye Nimurodi, atangira kuba umunyamaboko mu isi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Yari umuhigi w’umunyamaboko imbere y’Uwiteka, ni cyo gituma bavuga bati “Nka Nimurodi, wa muhigi w’umunyamaboko imbere y’Uwiteka.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Igihugu yimyemo ubwa mbere ni Babeli na Ereki, na Akadi n’i Kalune mu gihugu cy’i Shinari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Ava muri icyo gihugu ajya muri Ashuri, yubaka i Nineve n’i Rehobotiru n’i Kala,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
n’i Reseni iri hagati y’i Nineve n’i Kala (aho ni ho wa mudugudu ukomeye).
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Misirayimu yabyaye Abaludi n’Abanami, n’Abalehabi n’Abanafutuhi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
n’Abapatirusi n’Abakasiluhi (ni bo bakomotsweho n’Abafilisitiya), yabyaye n’Abakafutori.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Kanani yabyaye imfura ye Sidoni na Heti.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Yabyaye n’Abayebusi n’Abamori n’Abagirugashi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
n’Abahivi n’Abaruki n’Abasini,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
n’Abanyaruvadi n’Abasemari n’Abahamati, ubwa nyuma imiryango y’Abanyakanani irakwira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Urugabano rw’Abanyakanani rwaheraga i Sidoni, rukagenda rwerekeje i Gerari rukageza i Gaza, rukagenda rwerekeje i Sodomu n’i Gomora, na Adima n’i Seboyimu rukageza i Lesha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Abo ni bo buzukuruza ba Hamu, nk’uko imiryango yabo iri, nk’uko indimi zabo ziri, nk’uko ibihugu byabo biri, nk’uko amahanga yabo ari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Na Shemu, mukuru wa Yafeti, sekuruza w’urubyaro rwa Eberi rwose, na we abyara abana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Bene Shemu ni Elamu na Ashuri, na Arupakisadi na Ludi na Aramu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Abana ba Aramu ni Usi na Huli, na Geteri na Mashi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Arupakisadi yabyaye Shela, Shela yabyaye Eberi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Eberi yabyaye abahungu babiri: umwe yitwa Pelegi kuko mu gihe cye arimo isi yagabanirijwemo, kandi murumuna we yitwa Yokitani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Yokitani yabyaye Alumodadi na Shelefu, na Hasarumaveti na Yera,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
na Hadoramu na Uzali na Dikila,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
na Obalu na Abimayeli na Sheba,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
na Ofiri na Havila na Yobabu. Abo bose ni bene Yokitani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Urugabano rw’igihugu cyabo rwaheraga i Mesha, rukagenda rwerekeje i Sefaru, rukageza ku musozi w’iburasirazuba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Abo ni bo buzukuruza ba Shemu, nk’uko imiryango yabo iri, nk’uko indimi zabo ziri, mu bihugu byabo no mu mahanga yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Iyo ni yo miryango ya bene Nowa nk’uko yabyaranye mu mahanga yabo, muri bo ni ho amahanga yose yagabanirijwe mu isi hanyuma ya wa mwuzure.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma itangiriro igice cya: