Somera Bibiriya kuri Telefone
Abisirayeli batsinda Abamidiyani
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Uwiteka abwira Mose ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
“Uhōrere Abisirayeli Abamidiyani, maze nyuma uzapfa usange ubwoko bwawe.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Mose abwira abantu ati “Mutoranye abantu bo gutabara, mubahe intwaro batere Abamidiyani, kugira ngo Uwiteka ababahoreshe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Mukure ingabo igihumbi mu muryango umwe no mu yindi y’Abisirayeli yose, bityo bityo mubohereze batabare.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Nuko batoranya mu bihumbi by’Abisirayeli ingabo igihumbi igihumbi mu miryango yose, ziba ingabo inzovu n’ibihumbi bibiri zifite intwaro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Mose yohereza izo ngabo ari igihumbi igihumbi mu miryango yose, ngo batabare, aboherezanya na Finehasi mwene Eleyazari umutambyi, ajyanye ibintu by’ahera n’amakondera yo kuvuzwa ijwi rirandaze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Barwanya Abamidiyani uko Uwiteka yategetse Mose, bica abagabo bose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Bica n’abami b’Abamidiyani ari bo: Evi na Rekemu na Suri, na Huri na Reba, abami b’Abamidiyani uko ari batanu, kandi na Balāmu mwene Bewori bamwicisha inkota.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Abisirayeli bajyana ho abanyagano Abamidiyanikazi n’abana babo bato, banyaga inka zabo zose n’imikumbi yabo yose, basahura n’ibintu byabo byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Batwika imidugudu babagamo yose n’ingo zabo zose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Batabarukana isahu yose n’iminyago yose y’abantu n’amatungo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Imbohe n’iminyago n’isahu babizanira Mose na Eleyazari umutambyi n’iteraniro ry’Abisirayeli, aho baganditse mu kibaya cy’i Mowabu kinini, kuri Yorodani ahateganye n’i Yeriko.
Ibyategekewe Abamidiyanikazi, no ku minyago n’isahu
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Mose na Eleyazari umutambyi n’abatware b’iteraniro bose, babasanganirira inyuma y’aho baganditse.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Mose arakarira abatware b’ingabo, abatware b’ibihumbi n’ab’amagana batabarutse.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Arababaza ati “Ko mwakijije abagore bose ntibapfe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Dore abo ni bo bacumuje Abisirayeli ku Uwiteka mu by’i Pewori babitewe n’inama za Balāmu, bituma mugiga itera iteraniro ry’Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Nuko none mwice umuhungu wese wo mu bana bato, n’umugore wese wigeze kuryamana n’umugabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Ariko abakobwa bato bose batigeze kuryamana n’abagabo, mubīkirize ubwanyu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Kandi mubambe amahema yanyu inyuma y’aho tuganditse, mumareyo iminsi irindwi: uwishe wese n’uwakoze ku ntumbi wese, mwihumanure ku munsi wa gatatu no ku wa karindwi mwe n’iminyago yanyu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Muhumanure n’imyambaro yose n’ibyaremwe mu ruhu byose, n’ibyaboheshejwe ubwoya bw’ihene byose, n’ibyabajwe byose kugira ngo mubyihumanureho.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Eleyazari umutambyi abwira abatabarutse ati “Iri ni itegeko Uwiteka yategetse Mose:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Izahabu n’ifeza n’umuringa, n’icyuma n’ibati n’icyuma cy’isasu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
ibintu byose bidatwikwa n’umuriro, mubicīshe mu muriro bibone guhumanuka. Ariko kandi mubihumanuze na ya mazi ahumanura, kandi ibyatwikwa n’umuriro byose mubyogeshe ayo mazi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Ku wa karindwi muzamese imyenda yanyu, muhumanuke mubone kugaruka mu ngando.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Uwiteka abwira Mose ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
“Bara umubare w’iminyago yanyazwe y’abantu n’amatungo, ufatanye na Eleyazari umutambyi n’abatware b’amazu ya ba sekuruza y’iteraniro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Ugabanye iminyago mu migabane ibiri ingana: umwe uhabwe abazi kurasana batabarutse, undi uhabwe iteraniro ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Kandi utorere Uwiteka intore, uzitore abarasanyi batabarutse, kimwe muri magana atanu cy’abantu n’inka n’indogobe n’imikumbi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
ubitore mu mugabane wabo ubihe Eleyazari umutambyi, bibe ituro ryererejwe Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Kandi mu mugabane w’Abisirayeli utore umwe muri mirongo itanu w’abantu, na kimwe muri mirongo itanu cy’inka n’indogobe n’imikumbi, n’andi matungo yose, ubihe Abalewi barinda ubuturo bw’Uwiteka.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Mose na Eleyazari umutambyi babigenza uko Uwiteka yategetse Mose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Iminyago batabazemo isahu yasahuwe n’abarasanyi, yari intama uduhumbi dutandatu n’inzovu ndwi n’ibihumbi bitanu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
n’inka inzovu ndwi n’ibihumbi bibiri,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
n’indogobe inzovu esheshatu n’igihumbi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
kandi umubare wose w’abantu wari inzovu eshatu n’ibihumbi bibiri, ari abakobwa batigeze kuryamana n’abagabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Umugabane w’abatabarutse wari intama uduhumbi dutatu n’inzovu eshatu n’ibihumbi birindwi na magana atanu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
Intore z’Uwiteka batoye ku ntama ziba magana atandatu na mirongo irindwi n’eshanu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
Inka zari inzovu eshatu n’ibihumbi bitandatu, intore z’Uwiteka zo kuri zo zari mirongo irindwi n’ebyiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
Indogobe zari inzovu eshatu na magana atanu, intore z’Uwiteka zo kuri zo zari mirongo itandatu n’imwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
Abantu bari inzovu n’ibihumbi bitandatu, intore z’Uwiteka zo kuri bo zari abantu mirongo itatu na babiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp41.
Mose aha Eleyazari umutambyi izo ntore. Ni zo turo ryo kwerererezwa Uwiteka uko Uwiteka yategetse Mose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp42.
Umugabane w’Abisirayeli Mose yagabanije ku batabarutse,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp43.
uwo mugabane w’iteraniro wari intama uduhumbi dutatu n’inzovu eshatu n’ibihumbi birindwi na magana atanu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp44.
n’inka inzovu eshatu n’ibihumbi bitandatu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp45.
n’indogobe inzovu eshatu na magana atanu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp46.
n’abantu inzovu n’ibihumbi bitandatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp47.
Kuri uwo mugabane w’Abisirayeli Mose atora kimwe muri mirongo itanu cy’abantu n’amatungo, abiha Abalewi barinda ubuturo bw’Uwiteka, uko Uwiteka yategetse Mose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp48.
Abatware batwara ibihumbi bya za ngabo, abatware b’ibihumbi n’ab’amagana, bigira hafi ya Mose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp49.
Baramubwira bati “Abagaragu bawe tubaze umubare w’abarasanyi dutwara, nta n’umwe watubuzemo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp50.
Tuzaniye Uwiteka ituro ry’ibyo umuntu wese yasahuye ry’ibintu by’izahabu, n’imikufi yo ku maguru, n’izahabu zimeze nk’imiringa yo ku maboko, n’impeta zishyiraho ikimenyetso n’izo ku matwi, n’inigi byo guhongererera ubugingo bwacu imbere y’Uwiteka.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp51.
Mose na Eleyazari umutambyi bākīra izahabu batuye, zose ari incurano.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp52.
Izahabu zose z’ituro bererereje Uwiteka ryatuwe n’abatware b’ibihumbi n’ab’amagana, zari shekeli inzovu n’ibihumbi bitandatu na magana arindwi na mirongo itanu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp53.
Kuko umuntu wese wo mu barasanyi yari yisahuriye isahu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp54.
Nuko Mose na Eleyazari umutambyi bākīra izahabu abatware b’ibihumbi n’ab’amagana batuye, bazijyanira mu ihema ry’ibonaniro, kugira ngo zibere Abisirayeli urwibutso rubibukisha imbere y’Uwiteka.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma kubara igice cya: