Somera Bibiriya kuri Telefone
Isanduku yera n’iby’ahera bindi (Kuva 25.10-30)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Besalēli abaza isanduku yera mu mushita, uburebure bwayo bw’umurambararo buba mikono ibiri n’igice, ubugari bwayo buba mukono umwe n’igice, uburebure bwayo bw’igihagararo buba mukono umwe n’igice.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Ayiyagirizaho izahabu nziza imbere n’inyuma, ayigotesha umuguno w’izahabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Ayitekera izahabu zivamo ibifunga bine, abishyira ku nkokora zayo zo hepfo uko ari enye, ibifunga bibiri biba mu rubavu rumwe, ibindi bibiri biba mu rundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Abāza imijisho mu mushita ayiyagirizaho izahabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Ashyira iyo mijisho mu bifunga byo mu mbavu z’iyo sanduku, ngo bajye bayiremērwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Kandi acura intebe y’ihongerero mu izahabu nziza, uburebure bwayo buba mikono ibiri n’igice, ubugari bwayo buba mukono umwe n’igice.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Kandi arema abakerubi babiri mu izahabu, abarema mu izahabu icuzwe, abarema mu mitwe yombi y’iyo ntebe y’ihongerero.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Arema igishushanyo cy’umukerubi, kimwe mu mutwe umwe n’ikindi mu wundi, abicurana n’intebe y’ihongerero mu mitwe yayo yombi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Ibyo bishushanyo by’abakerubi bitanda amababa yabyo hejuru, ngo biyakingirishe iyo ntebe y’ihongerero, birerekerana bireba iyo ntebe y’ihongerero.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Kandi abāza ameza amwe mu mushita, uburebure bwayo bw’umurambararo buba mikono ibiri, ubugari bwayo buba mukono umwe, uburebure bw’igihagararo buba mukono umwe n’igice.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Ayayagirizaho izahabu nziza, ayagotesha umuguno w’izahabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Ayabāriza igikomeza amaguru kiyagose, ubugari bwacyo buba igice cya mukono, akigotesha umuguno w’izahabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Ayatekera izahabu zivamo ibifunga bine, abishyira ku nkokora uko ari enye ziri ku maguru yayo uko ari ane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Ibyo bifunga biba hafi y’igikomeza amaguru, biba ibyo gushyirwamo imijisho yo kuremerezwa ameza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Abāza imijisho mu mushita ayiyagirizaho izahabu, ngo abe ari yo ijya iremerezwa ayo meza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Acura ibintu byo kuba kuri yo: amasahani n’udukombe byo kuri yo, n’imperezo n’ibikombe byo kuri yo byo gusukisha amaturo y’ibyokunywa, abicura mu izahabu nziza.
Igitereko cy’amatabaza (Kuva 25.31-40)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Kandi arema igitereko cy’amatabaza mu izahabu nziza, akirema mu izahabu icuzwe, indiba yacyo n’umubyimba wacyo, kandi ibikombe n’ibibumbabumbye n’uburabyo byo kuri cyo, bicuranwa na cyo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Kandi gishamika amashami atandatu, amashami atatu y’icyo gitereko ashamika mu rubavu rumwe, n’ayandi atatu mu rundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Ishami rimwe rigira ibikombe bitatu bisa n’uburabyo bw’indōzi, cyose gifatanye n’ikibumbabumbye n’ururabyo, n’iryo ku rundi rubavu rigira ibikombe bitatu bisa n’uburabyo bw’indōzi, cyose gifatanye n’ikibumbabumbye n’ururabyo. Amashami yose uko ari atandatu ashamitse kuri icyo gitereko, aba ari ko amera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Umubyimba wacyo ugira ibikombe bine bisa n’uburabyo bw’indōzi, n’ibibumbabumbye n’uburabyo bifatanye na byo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Ikibumbabumbye kiba munsi y’amashami abiri acuranywe na cyo, n’ikindi kiba munsi y’andi mashami abiri acuranywe na cyo, n’ikindi kiba munsi y’andi mashami abiri acuranywe na cyo, uko amashami ashamitse kuri icyo gitereko ari atandatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Ibibumbabumbye byacyo n’amashami yacyo acuranwa na cyo, cyose gicurirwa hamwe mu izahabu nziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Acura amatabaza yacyo arindwi n’icyuma cyacyo cyo gukuraho ibishirira, n’udusahani two kubishyiraho. Ibyo byose abicura mu izahabu nziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Icyo gitereko n’ibintu byacyo byose, abirema mu italanto y’izahabu nziza.
Igicaniro cyo koserezaho imibavu (Kuva 30.1-5; 22-38)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Kandi abāza igicaniro cyo koserezaho imibavu mu mushita, uburebure bwacyo bw’umurambararo buba mukono umwe, n’ubugari bwacyo buba mukono umwe, kingana impande zose. Uburebure bw’igihagararo buba mikono ibiri, akibāzanya n’amahembe yacyo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Akiyagirizaho izahabu nziza hejuru yacyo, no mu mbavu zacyo impande zose no ku mahembe yacyo, kandi akigotesha umuguno w’izahabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Agicurira ibifunga bibiri mu izahabu, abishyira munsi y’umuguno wacyo ku mbavu zacyo zombi, biba ibyo gusesekwamo imijisho ikiremerezwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Iyo mijisho ayibāza mu mushita, ayiyagirizaho izahabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Arema amavuta yera yo gusīga n’umubavu mwiza w’ikivange, nk’uko abahanga bawinjiza.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma kuva igice cya: