Somera Bibiriya kuri Telefone
Elifazi amuhamya ko icyaha ari cyo cyamuteye ibyago
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Maze Elifazi w’Umutemani arasubiza ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
“Mbese umuntu yabasha kugira icyo amarira Imana? Ni ukuri umunyabwenge agira icyo yimarira ubwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Mbese Ishoborabyose inezezwa n’uko uri umukiranutsi? Cyangwa se gutunganya inzira zawe hari icyo biyunguye?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Icyo iguhanira ikagushyira mu rubanza ni uko uyubaha?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Ibibi byawe si byinshi? Ndetse ibicumuro byawe ntibigira urugero.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Kuko wajyanye ingwate z’abo muva inda imwe ku busa, Kandi uwambaye ubusa wamwimye umwambaro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Ntiwahaye indushyi amazi yo kunywa, Kandi umushonji wamwimye ibyokurya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Ariko ukomeye we yagiraga igihugu, Kandi uwubahwaga ni we wakibagamo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Abapfakazi wabagenzaga ubusa, N’amaboko y’impfubyi akavunagurwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Ni cyo gituma imitego ikugose, N’ibiteye ubwoba bigutunguye biguhagaritse umutima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
N’umwijima na wo urakugose ukubuza kubona, Kandi amazi menshi akurenzeho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
“Mbese Imana ntiri hejuru mu ijuru? Kandi dore umutwe w’inyenyeri uko ziri kure.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Nawe ukavuga uti ‘Icyo Imana izi ni iki?’ Mbese yabasha guca urubanza inyuze mu mwijima w’icuraburindi?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Uti ‘Ibicu bya rukokoma biyibereye igitwikirizo, Biyibuza kureba, Kandi iratambagira ku gisenge cy’ijuru.’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
“Mbese uzakomeza inzira ya kera, Iyo abanyabyaha banyuzemo?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Bakuweho igihe cyabo kitaragera, Urufatiro rwabo rutemba nk’umugezi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Bakabwira Imana bati ‘Tuveho.’ Kandi bati ‘Icyo Ishoborabyose yatumarira ni iki?’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Nyamara amazu yabo yayujujemo ibintu byiza, Ariko imigambi y’inkozi z’ibibi imba kure.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Abakiranutsi barabireba bakishima Kandi abatariho urubanza barabaseka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Bati ‘Ni ukuri abari baduhagurukiye bararimbuwe, Kandi abasigaye babo batsembwe n’umuriro.’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
“Noneho iyuzuze na yo ubone amahoro, Ubwo ni bwo ibyiza bizakuzaho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Ndakwinginze wemere amategeko ava mu kanwa kayo, N’amagambo yayo uyashyire mu mutima wawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Nugarukira Ishoborabyose, Ugashyira gukiranirwa kure y’urugo rwawe uzakomera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Ute ubutunzi bwawe mu mukungugu, N’izahabu ya Ofiri uyite mu mabuye yo mu masumo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Maze Ishoborabyose izakubera umutunzi, N’ifeza y’igiciro cyinshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Ni bwo uzishimira Ishoborabyose, Ukerekeza amaso yawe ku Mana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Uzayisaba na yo izakumvira, Kandi uzahigura imihigo yawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Uzagira icyo ugambirira kikubere uko ushaka, Kandi umucyo uzamurikira inzira zawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Nibakugusha uzavuga uti ‘Hariho ikimbyutsa.’ Kandi uwicisha bugufi izamukiza,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Ndetse izarokora n’uriho urubanza, Ni ukuri azakizwa no kubonera kw’amaboko yawe.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: