Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
“Ni ukuri ifeza igira urwobo yavuyemo, N’izahabu ikagira uruganda icurirwamo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Ubutare bukurwa mu butaka, N’ibuye riyengeshejwe rivamo umuringa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Umuntu amaraho umwijima akawugenzura, Akagera mu maherezo y’urugabano, Akurikiranye amabuye ari mu mwijima no mu gicucu cy’urupfu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Acukura urwobo kure y’aho abantu batuye, Bakitendeka muri rwo kure y’abantu, Ntibahashinge ikirenge bakanagana hirya no hino.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Isi na yo ivamo ibyokurya, Kandi ikuzimu hayo habirindurwa nk’ahari umuriro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Amabuye y’aho avamo safiro, Arimo umukungugu w’izahabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Iyo nzira nta gisiga kiyizi, N’ijisho ry’ikizu ntiryigeze kuyibona,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
N’inyamaswa zībona ntabwo zayikandagiyemo, N’intare y’inkazi ntiyayinyuzemo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
“Umuntu arambura ukuboko kwe ku rutare rw’isarabwayi, Yubika imisozi ahereye mu mizi yayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Aca imikorogero mu bitare, Kandi ijisho rye ribona ibifite igiciro cyinshi byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Agomera imigezi ntitembe, Kandi agaragaza icyari gihishwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Ariko ubwenge bwo buzabonwa he? Cyangwa kumenya kuba hehe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
“Umuntu ntazi igiciro cyabwo, Kandi ntibubonwa mu gihugu cy’abazima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Imuhengeri haravuga hati ‘Ntibundimo’, N’inyanja iti ‘Ntiburi kumwe nanjye.’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Ntibuboneshwa n’izahabu, Kandi nta feza igererwa kuba ikiguzi cyabwo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Ntabwo bugereranywa n’izahabu ya Ofiri, Cyangwa shohamu y’igiciro cyinshi, habe na safiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Izahabu n’ibirahuri ntibihwanye na bwo, Kandi ntibwaguranwa ibyambarwa by’izahabu nziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Fezaruka n’ibirahuri ntibizavugwa, Ni ukuri igiciro cy’ubwenge kiruta marijani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Topazi yo muri Etiyopiya ntabwo ihwanye na bwo, Kandi ntabwo bwagereranywa n’izahabu nziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
“None se ubwenge bukomoka he? No kumenya kuba hehe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Ko buhishwe amaso y’abazima bose, Bukihisha inyoni zo mu kirere?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Kirimbuzi n’urupfu biravuga biti ‘Amatwi yacu ni yo twumvishije impuha zabwo.’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
“Imana ni yo izi inzira yabwo, Kandi izi n’aho buba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Kuko ireba ku mpera z’isi, Ikareba no munsi y’ijuru hose,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Kugira ngo igere uburemere bw’umuyaga, Ni ukuri amazi iyageresha incuro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Igihe yahereye imvura itegeko, N’umurabyo w’inkuba ikawuha inzira,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Ni bwo yabubonye ikabugaragaza, Yarabukomeje ndetse iraburondora.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
“Maze ibwira umuntu iti ‘Dore kubaha Uwiteka ni bwo bwenge Kandi kuva mu byaha ni ko kujijuka.’ ”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: