Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
“Ariko noneho abo nduta ubukuru, Kuri ubu ni bo bampinduye ibitwenge, Ndetse na ba se nagayaga simbegereze n’imbwa zirinda umukumbi wanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Ni ukuri imbaraga z’amaboko yabo zamarira iki, Ko ari abantu b’indogore batazarama?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Bahoroteshejwe n’ubukene n’inzara, Baguga umukungugu ahatabona mu bisanze no mu bigugu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Batungwa n’intārano zo mu bihuru, Kandi bahonda inguri ho ibyokurya byabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Bagacibwa mu bantu, Bahabwa induru nk’ibisambo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Bigatuma batura mu mikoke, Mu myobo yo mu butaka no mu masenga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Basakuriza mu bihuru, Biryamira hamwe munsi y’ibisura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Ni abana b’abapfapfa, ni ukuri ni abana b’abatindi, N’ibicibwa mu gihugu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
“Noneho mpindutse imbyino yabo, Ni ukuri ndi iciro ry’imigani yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Baranzinutswe baranyitaruye, Kandi ntibatinya kuncira mu maso.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Ubwo Imana yaregūye injishi y’umuheto wayo ikambabaza, Ni cyo gituma bareka kwifata kose imbere yanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Iburyo bwanjye hahaguruka igitero, Basunika ibirenge byanjye, Bantegesha inzira zabo zirimbura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Inzira yanjye barayica, Batebutsa amakuba yanjye ari abatagira gitabara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Baje nk’abanyuze mu cyuho kinini, Bansumirira mu mivurungano.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Ibiteye ubwoba binyerekeyeho, Icyubahiro cyanjye cyagiye nk’umuyaga, Kandi guhirwa kwanjye gutamurutse nk’igicu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
“Ubu ubugingo bwanjye bunshongeyemo, Iminsi y’umubabaro yanshyikiriye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Amagufwa yanjye yampinguranije nijoro, Kandi sintuza kuribwa ngo noroherwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Ku bw’imbaraga z’indwara yanjye, Umwambaro wanjye urahinyaraye, Urankanaga nk’ijosi ry’umwambaro wanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Yanjugunye mu byondo, Mpinduka nk’umukungugu n’ivu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
“Ndagutakira nyamara ntunsubiza, Nahagarara ukantumbira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Wampindukiye inkazi, Undeganisha imbaraga zose z’ukuboko kwawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Unteruza umuyaga ugatuma njyanwa na wo, Kandi umpinduza ubusa umugaru.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Nzi ko uzangeza ku rupfu, Mu nzu itegekewe abazima bose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Ariko se umuntu ugiye kugwa ntiyarambura ukuboko? No mu makuba ye ntiyatabaza ku bw’ibyo?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Mbese sinaririye uwari mu makuba, Umutima wanjye nturagaterwa agahinda n’umukene?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Iyo nategerezaga ibyiza hazaga ibibi, Nategerezaga umucyo hakaza umwijima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Mu nda yanjye harabirindurwa ntihagire ituze, Iminsi y’imibabaro ingezeho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Ngenda nsuherewe singira izuba, Mpagarara mu iteraniro nkavuza induru.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Ndi umuvandimwe w’imbwebwe, N’incuti y’imbuni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Umubiri wanjye urirabuye unyomotseho, N’amagufwa yanjye yokejwe n’ubushyuhe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Ni cyo gitumye inanga yanjye na yo iboroga, N’umwironge ukagira ijwi ry’abarira.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: