Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
“Nasezeranye n’amaso yanjye, None se nabasha nte kwifuza umukobwa?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
“Icyo Imana itanga kivuye mu ijuru ni iki? Kandi Ishoborabyose itanga murage ki uva hejuru mu ijuru?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Mbese kurimbuka si ko kugenerwa umunyabyaha, Ibyago bigategekerwa inkozi z’ibibi?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Imana ntiyitegereza inzira zanjye, Ikabara intambwe zanjye zose?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
“Niba naragendeye mu binyoma, Ikirenge cyanjye kikihutira kuriganya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Henga mpimirwe ku minzani ireshya, Kugira ngo Imana imenye gutungana kwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Niba intambwe zanjye zarateshutse inzira, Umutima wanjye ukayobezwa n’ibyo amaso yanjye areba, Kandi niba inenge yarometse ku biganza byanjye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Ndakabiba hasarure undi, Ni ukuri imyaka yo mu murima wanjye irakarandurwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
“Niba umutima wanjye warashutswe n’umugore, Nkubikirira ku muryango w’umuturanyi wanjye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Umugore wanjye aragasera undi, Kandi ashakwe n’abandi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Kuko icyo cyaba ari ikibi gikabije Ni ukuri ni ikizira cyo guhanwa n’abacamanza,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Kuko cyamera nk’umuriro ukongora ukageza ku kurimbuka, Kandi cyarandura ibyo nungutse byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
“Niba narahinyuye urubanza rw’umugaragu wanjye, Cyangwa urw’umuja wanjye igihe bamburanyaga,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
None se ubwo Imana ihagurutse nabigenza nte? Mbese yangenderera nayibwira iki?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Cyo ye, iyandemye mu nda ya mama si yo yamuremye? Iyaturemye mu nda za ba mama si imwe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
“Hari ubwo nimye abakene ibyo bifuza, Cyangwa se ngahebya amaso y’umupfakazi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Cyangwa nkiharira ibyokurya byanjye, Impfubyi ntibiboneho?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Ahubwo uhereye mu busore bwanjye, Yankuriye iruhande ndi nka se, N’umupfakazi namuhagarikiye nkiva mu nda ya mama.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
“Niba hari uwo nabonye wishwe no kubura umwambaro, Cyangwa indushyi ibuze icyo kwiyorosa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Niba urukenyerero rwe rutampaye umugisha, Kandi ntasusurutswe n’ubwoya bw’intama zanjye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Niba narabanguriye impfubyi ukuboko, Kuko mfite umfasha ku irembo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Noneho urutugu rwanjye ruragatandukana n’umubiri, N’ukuboko kwanjye kuvunike gutane n’igufwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Kuko ibyago biva ku Mana byanteraga ubwoba, Simbone uko mbasha kwihanganira gukomera kwayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
“Niba naragize izahabu ho ibyiringiro byanjye, Nkabwira izahabu nziza nti ‘Ni wowe nishingikirijeho’,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Niba narishimishijwe n’uko ubutunzi bwanjye ari bwinshi, Ukuboko kwanjye kukaronka byinshi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Niba naritegereje izuba igihe riva, Cyangwa ukwezi kugenda kurabagirana nkabiramya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Kandi umutima wanjye ugashukashukwa rwihishwa, N’ikiganza cyanjye nkakinyweraho isubyo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Ibyo na byo byambera ibibi biragahanwa n’abacamanza, Kuko ari uguhemukira Imana iri hejuru.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
“Hari ubwo nishimiye kurimbuka k’unyanga, Cyangwa nkishyirishwa hejuru n’uko ibyago bimugezeho?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Ahubwo sinakundiye akanwa kanjye gucumura, Ngo mwifurize gupfa muvumye?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Hari ubwo ab’iwanjye batahamije bati ‘Hari umuntu wabona n’umwe wavuga yuko adahagira mu rugo rwe’?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Nta mushyitsi naraje hanze Ahubwo umugenzi wese naramwugururiraga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Hari ubwo natwikiriye ibicumuro byanjye nka Adamu, Ngahisha ibyaha byanjye mu gituza,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
Mbitewe no gutinya iteraniro rinini, Ngaterwa ubwoba no kugawa n’indi miryango, Bituma nceceka sinsohoke?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
“Iyaba hari unyumvise! Dore ngiki icyitegererezo cyanjye, Ishoborabyose ninsubize, Nanjye mbone ibirego byanditswe n’umwanzi wanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Ni koko nabiheka ku rutugu, Nabyitamirizaho nk’ikamba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
Namumenyesha umubare w’intambwe zanjye, Nkamwegera nk’igikomangoma.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
“Niba imisozi yanjye ihururiye kundega, N’amayogi yo muri yo akaririra hamwe,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
Niba narariye umwero wayo nta feza ntanze, Cyangwa niba naratumye bene yo baheba ubugingo bwabo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
Noneho ibisura birakamera ah’ingano, N’urukungu rumere aha sayiri.” Iyo ni yo ndunduro y’amagambo ya Yobu.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: