Somera Bibiriya kuri Telefone
Umugabane w’Abayuda
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Umugabane w’umuryango w’Abayuda nk’uko amazu yabo ari, wagarukiraga ku rugabano rwa Edomu mu butayu bwa Zini ikusi, ku iherezo ryaho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Kandi urugabano rwabo rw’ikusi rwaheraga mu iherezo y’Inyanja y’Umunyu mu kigobe cyayo cyerekeye ikusi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
rukazamuka kuri Akurabimu rwerekeye ikusi rukajya i Zini, rukazamuka iruhande rw’ikusi rw’i Kadeshi y’i Baruneya rukanyura bugufi bw’i Heseroni, rukazamuka kuri Adari rugakebereza i Karika,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
rukanyura kuri Asimoni rugarukira ku kagezi ka Egiputa, maze urugabano rukagarukira ku Nyanja Nini. Urwo ni rwo rugabano rwabo rw’ikusi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Kandi urugabano rw’iburasirazuba rwari Inyanja y’Umunyu, ukageza aho Yorodani igarukira. Kandi urugabano rw’ikasikazi rwaheraga ku iherezo rya Yorodani ku nyanja.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Urwo rugabano rwazamukaga i Betihogula rugahita iruhande rw’ikasikazi rw’i Betaraba, rukazamuka rukagera ku gitare cya Bohani mwene Rubeni,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
rugakomeza rukagera i Debira uvuye mu gikombe cya Akori, rukagenda rutyo rujya ikasikazi herekeye i Gilugali, hateganye n’inzira izamuka kuri Adumimu umusozi wo hakurya y’umugezi ikusi, nuko urugabano rugakomeza rukagera ku mazi ya Enishemeshi rukagarukira kuri Enirogeli,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
kandi rukazamuka mu gikombe cya mwene Hinomu kiri mu ruhande rw’igihugu cy’Abayebusi ikusi (ari cyo cyo gihugu cy’i Yerusalemu), rugakomeza rukagera ku mpinga y’umusozi werekeye igikombe cya mwene Hinomu iburengerazuba, ku iherezo ry’igikombe cy’Abarafa ikasikazi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Nuko urugabano rukamanuka mu mpinga y’umusozi rukagera ku isōko y’amazi y’i Nefutowa, rukagarukira mu midugudu yo ku musozi wa Efuroni. Urugabano rugakomeza rukajya i Bāla (uwo mudugudu ni wo witwa Kiriyatiyeyarimu).
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Nuko rugakebereza iburengerazuba bw’i Bāla ku musozi wa Seyiri, rukanyuraho rukagera mu ruhande rw’umusozi wa Yeyarimu rw’ikasikazi (ari wo Kasaloni), rukamanukana i Betishemeshi rukanyura i Timuna.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Kandi urwo rugabano rukagarukira mu ruhande rwa Ekuroni ikasikazi, rukaza rutyo i Shikeroni rukanyuraho rukagera ku musozi wa Bāla rukagarukira i Yabunēli, kandi iherezo ryarwo ryari ku nyanja.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Kandi urugabano rw’iburasirazuba rwari Inyanja Nini n’ikibaya cyayo. Urwo ni rwo rugabano rwose rw’umuryango w’Abayuda nk’uko amazu yabo ari.
Kalebu ahindūra imisozi yahawe (Abac 1.11-15)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Nuko Kalebu mwene Yefune, Yosuwa amuha gakondo muri bene Yuda nk’uko Uwiteka yamutegetse, amuha i Kiriyataruba (Aruba uwo ni we se wa Anaki). Ni ho hitwa i Heburoni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Maze Kalebu yirukanamo bene Anaki batatu ari bo aba: Sheshayi na Ahimani na Talumayi, bene Anaki.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Nuko avayo atera ab’i Debira, Debira kera hitwaga i Kiriyatiseferi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Kalebu aravuga ati “Umuntu uzatera i Kiriyatiseferi akahanesha, nzamushyingira umukobwa wanjye Akisa.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Otiniyeli mwene Kenazi murumuna wa Kalebu, ni we wahahindūye maze Kalebu aramumushyingira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Nuko wa mukobwa agitaha kwa Otiniyeli, aramuhendahenda ngo asabe se igikingi. Ava ku ndogobe ye, Kalebu aramubaza ati “Urashaka iki?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Uwo mukobwa aramusubiza ati “Ungirire ubuntu. Dore wampaye igikingi ikusi, mbese ntiwampa n’amasōko y’amazi?” Nuko amuha amasōko yo haruguru n’ayo hepfo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Iyo ni yo gakondo y’umuryango wa Abayuda nk’uko amazu yabo ari.
Imidugudu y’umuryango w’Abayuda
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Iyi ni yo midugudu y’umuryango w’Abayuda yo mu rugabano rwa Edomu ikusi: Kabusēli na Ederi na Yagura,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
na Kina na Dimona na Adada,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
na Kedeshi na Hasori na Itunani,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
na Zifu na Telemu na Beyaloti,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
na Hasorihadata na Keriyotiheseroni (ari wo Hasori),
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
na Amamu na Shema na Molada,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
na Hasarigada na Heshimoni na Betipeleti,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
na Hasarishuwali na Bērisheba na Biziyotiya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
na Bāla na Iyimu na Esemu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
na Elitoladi na Kesili na Horuma,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
na Sikulagi na Madumana na Sanusana,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
na Lebawota na Shiluhimu, na Ayini na Rimoni. Imidugudu yose yari makumyabiri n’icyenda hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Iyo mu kibaya ngiyi: Eshitawoli na Sora na Ashuna,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
na Zanowa na Eniganimu, na Tapuwa na Enamu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
na Yaramuti na Adulamu, na Soko na Azeka,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
na Shārayimu na Aditayimu, na Gedera na Gederotayimu. Yose ni cumi n’ine hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
Senani na Hadasha na Migidoligadi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
na Dilani na Misipa na Yokitēli,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
na Lakishi na Bosikati na Eguloni,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
na Kaboni na Lahimasi na Kitilishi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp41.
na Gederoti na Betidagoni, na Nama na Makeda. Yose ni cumi n’itandatu hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp42.
Libuna na Eteri na Ashani,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp43.
na Ifuta na Ashuna na Nesibu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp44.
na Keyila na Akizibu na Maresha. Yose ni icyenda hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp45.
Ekuroni hamwe n’imidugudu n’ibirorero byawo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp46.
uhereye Ekuroni ukageza ku nyanja, imidugudu yose yo mu ruhande rwo kuri Ashidodi hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp47.
Ashidodi n’imidugudu n’ibirorero byaho, i Gaza n’imidugudu n’ibirorero byaho, ukageza ku kagezi ka Egiputa n’Inyanja Nini n’ikibaya cyayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp48.
Iyo mu gihugu cy’imisozi miremire ngiyi: Shamiri na na Yatiri na Soko,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp49.
na Dana na Kiriyatisana (ari wo Debira),
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp50.
na Anabu na Eshitemowa na Animu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp51.
na Gosheni na Holoni na Gilo. Imidugudu ni cumi n’umwe hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp52.
Araba na Duma na Eshana,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp53.
na Yanimu na Betitapuwa na Afeka,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp54.
na Humata na Kiriyataruba (ari wo Heburoni) na Siyori. Imidugudu ni icyenda hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp55.
Mawoni na Karumeli, na Zifu na Yuta,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp56.
na Yezerēli na Yokideyamu na Zanowa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp57.
na Kayini na Gibeya na Timuna. Imidugudu ni icumi hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp58.
Halihuli na Betisuri na Gedori,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp59.
na Mārati na Betanoti na Elitekoni. Imidugudu ni itandatu hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp60.
Kiriyatibāli (ari wo Kiriyatiyeyarimu) n’i Raba. Imidugudu ni ibiri hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp61.
Iyo mu butayu ngiyi: Betaraba na Midina na Sekaka,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp62.
na Nibushani n’umudugudu w’umunyu na Enigedi. Imidugudu ni itandatu hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp63.
Ariko Abayebusi bo bari abaturage b’i Yerusalemu, Abayuda ntibashoboye kubirukana. Nuko Abayebusi bagumana n’Abayuda i Yerusalemu na bugingo n’ubu.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yosuwa igice cya: