Somera Bibiriya kuri Telefone
Umugabane w’Abalewi
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Nuko abatware b’amazu y’Abalewi basanga umutambyi Eleyazari, na Yosuwa mwene Nuni n’abatware b’amazu y’imiryango y’Abisirayeli,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
bababwirira aho bari bari i Shilo mu gihugu cy’i Kanāni bati “Uwiteka yategekesheje Mose yuko tuzahabwa imidugudu yo guturamo, hamwe n’ibikingi byayo ngo tuzajye turagiramo amatungo yacu.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Nuko Abisirayeli baha Abalewi iyi midugudu hamwe n’ibikingi byayo hagati muri gakondo yabo, nk’uko Uwiteka yategetse.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Ubufindo bwerekana imigabane y’amazu y’Abakohati bene Aroni umutambyi bo mu Balewi, bahabwa imidugudu cumi n’itatu ku y’umuryango wa Yuda, no ku y’uwa Simiyoni, no ku y’uwa Benyamini.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Kandi bene Kohati bandi bafindirwa imidugudu cumi ku y’umuryango wa Efurayimu, no ku midugudu y’uwa Dani no ku y’igice cy’umuryango wa Manase.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Kandi bene Gerushoni bafindirwa imidugudu cumi n’itatu ku y’amazu y’umuryango wa Isakari, no ku y’uwa Asheri, no ku y’uwa Nafutali, no ku y’igice cy’umuryango wa Manase i Bashani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Kandi bene Merari nk’uko amazu yabo ari, bahabwa imidugudu cumi n’ibiri ku y’umuryango wa Rubeni, no ku y’uwa Gadi, no ku y’uwa Zebuluni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Nuko rero Abisirayeli bagabanyiriza Abalewi batya iyi midugudu n’ibikingi byayo, nk’uko Uwiteka yategekesheje Mose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Bagabanya mu muryango w’Abayuda no mu muryango w’Abasimeyoni iyi midugudu, bayisobanura amazina.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Iyo ni yo ya bene Aroni bo mu mazu ya Kohati b’Abalewi, kuko umugabane wa mbere wari uwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Nuko babaha i Kiriyataruba (ari yo Heburoni) mu gihugu cy’imisozi ya Yuda hamwe n’ibikingi biyikikije. Aruba uwo yari se wa Anaki,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
ariko imirima y’uwo mudugudu n’ibirorero byawo babiha Kalebu mwene Yefune kuba gakondo ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Kandi baha bene Aroni umutambyi i Heburoni n’ibikingi byaho, ari wo mudugudu w’ubuhungiro bwa gatozi, n’i Libuna n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
n’i Yatiri n’ibikingi byaho, na Eshitemowa n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
n’i Holoni n’ibikingi byaho, n’i Debira n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
na Ayini n’ibikingi byaho, n’i Yuta n’ibikingi byaho, n’i Betishemeshi n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu icyenda yo muri iyo miryango ibiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Kandi mu muryango wa Benyamini babaha i Gibeyoni n’ibikingi byaho, n’i Geba n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
na Anatoti n’ibikingi byaho, na Alumoni n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu ine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Imidugudu yose ya bene Aroni b’abatambyi yari cumi n’itatu n’ibikingi byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Kandi ab’amazu ya bene Kohati b’Abalewi, ari bo bene Kohati bandi, bo bahawe imidugudu y’umugabane wabo mu muryango wa Efurayimu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Babaha i Shekemu n’ibikingi byaho mu gihugu cy’imisozi ya Efurayimu, ari wo mudugudu w’ubuhungiro bwa gatozi, n’i Gezeri n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
n’i Kibuzayimu n’ibikingi byaho, n’i Betihoroni n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu ine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Kandi mu muryango wa Dani babaha Eliteke n’ibikingi byaho, n’i Gibetoni n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
na Ayaloni n’ibikingi byaho, n’i Gatirimoni n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu ine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Kandi mu gice cy’umuryango wa Manase babaha i Tānaki n’ibikingi byaho, n’i Gatirimoni n’ibikingi byaho. Iyo midugudu uko ari ibiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Imidugudu yose ya bene Kohati bandi yari icumi n’ibikingi byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Kandi bagabanyiriza bene Gerushoni bo mu mazu y’Abalewi, mu mugabane w’igice cy’umuryango wa Manase i Golani y’i Bashani n’ibikingi byabo, ari wo mudugudu w’ubuhungiro bwa gatozi, n’i Bēshitera n’ibikingi byaho. Iyo midugudu uko ari ibiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Kandi mu muryango wa Isakari babaha i Kishiyoni n’ibikingi byaho, n’i Daberati n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
n’i Yaramuti n’ibikingi byaho, na Eniganimu n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu ine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Kandi mu muryango wa Asheri babaha i Mishali n’ibikingi byaho, na Abudoni n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
n’i Helikati n’ibikingi byaho, n’i Rehobu n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu ine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Kandi umuryango wa Nafutali babaha i Kedeshi y’i Galilaya n’ibikingi byaho, ari wo mudugudu w’ubuhungiro bwa gatozi, n’i Hamotidori n’ibikingi byaho, n’i Karitani n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu itatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Imidugudu yose y’Abagerushoni nk’uko amazu yabo ari, yari cumi n’itatu n’ibikingi byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
Kandi mu muryango wa Zebuluni ni ho bahaye ab’amazu ya bene Merari, ari bo Balewi bandi, i Yokineyamu n’ibikingi byaho, n’i Karita n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
n’i Dimuna n’ibikingi byaho, n’i Nahalali n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu ine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Kandi mu muryango wa Rubeni babaha i Beseri n’ibikingi byaho, n’i Yahasi n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
n’i Kedemoti n’ibikingi byaho, n’i Mefāti n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu ine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
Kandi mu muryango wa Gadi babaha i Ramoti y’i Galeyadi n’ibikingi byaho, ari wo mudugudu w’ubuhungiro bwa gatozi, n’i Mahanayimu n’ibikingi byaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
n’i Heshiboni n’ibikingi byaho, n’i Yazeri n’ibikingi byaho. Yose ni imidugudu ine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
Iyo yose ni yo midugudu ya bene Merari nk’uko amazu yabo ari, ari bo b’ayandi mazu y’Abalewi. Umugabane wabo wari imidugudu cumi n’ibiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp41.
Imidugudu yose y’Abalewi yo hagati muri gakondo y’Abisirayeli, yari mirongo ine n’umunani n’ibikingi byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp42.
Kandi iyi midugudu yose yari ikikijwe n’ibikingi byayo. Uko ni ko yari iri yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp43.
Uko ni ko Uwiteka yahaye Abisirayeli igihugu cyose yasezeranyije ba sekuruza babo, baragihindūra baturayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp44.
Uwiteka abaha ihumure impande zose nk’uko yasezeranyije ba sekuruza babo. Nta muntu n’umwe wo mu babisha babo bose wabahagaraye imbere, ahubwo Uwiteka abagabiza ababisha babo bose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp45.
Nta jambo ryiza na rimwe mu yo Uwiteka yasezeranyije ubwoko bw’Abisirayeli ryakūtse, ahubwo byose byarasohoye.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yosuwa igice cya: