Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Haleluya! 107.1; 118.1; 136.1; Yer 33.11 Nimushimire Uwiteka yuko ari mwiza, Kuko imbabazi ze zihoraho iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Ni nde ubasha kuvuga imirimo ikomeye Uwiteka yakoze, Cyangwa kwerekana ishimwe rye ryose?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Hahirwa abitondera ibitunganye, Hahirwa ukora ibyo gukiranuka iminsi yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Uwiteka, nyibukana imbabazi ugirira abantu bawe, Ungendererane agakiza kawe,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Kugira ngo mbone intore zawe ziguwe neza, Nishimire umunezero w’ubwoko bwawe, Niratane n’umwandu wawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Twacumuranye na ba sogokuruza, Twarakiraniwe, twakoze ibyaha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Ba sogokuruza ntibamenye ibitangaza byawe wakoreye muri Egiputa, Ntibibutse imbabazi zawe nyinshi, Ahubwo bagomera ku nyanja ari yo Nyanja Itukura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Ariko ku bw’izina ryayo, Ibakiriza kugira ngo imenyekanishe imbaraga zayo zikomeye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Ihana Inyanja Itukura irakama, Nuko ibacisha imuhengeri nko mu butayu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Ibakiza ukuboko k’umwanzi wabo, Irabacungura ibakura mu kuboko k’umubisha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Amazi arengera ababisha babo, Ntihasigara n’umwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Maze bizera amagambo yayo, Baririmba ishimwe ryayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Hahise akanya bibagirwa imirimo yakoze, Ntibarindira ko isohoza imigambi yayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Ahubwo bifuriza cyane mu butayu, Bageragereza Imana ahatagira abantu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Ibaha ibyo bayisabye, Ariko imitima yabo iyishyiramo konda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Kandi bagiririra Mose ishyari mu rugo rw’amahema, Na Aroni uwera w’Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Ubutaka burasama bumira Datani, Butwikīra abantu ba Abiramu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Umuriro ucanwa mu iteraniro ryabo, Ikirimi cyawo gitwika abanyabyaha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Baremera ikimasa i Horebu, Basenga igishushanyo kivugutiwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Uko ni ko baguranye icyubahiro cyabo, Bagihindura igishushanyo cy’impfizi irya ubwatsi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Bibagirwa Imana Umukiza wabo, Yakoreye ibikomeye muri Egiputa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Yakoreye ibitangaza mu gihugu cya Hamu, N’ibiteye ubwoba ku Nyanjya Itukura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Bituma ivuga ko izabarimbura, Kandi iba yarabarimbuye, Iyaba Mose intore yayo atahagaze imbere yayo mu cyuho cy’inkike, Gukuraho umujinya wayo kugira ngo itabarimbura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Kandi bagaya igihugu cy’igikundiro, Ntibizera ijambo ryayo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Ahubwo bitotombera mu mahema yabo, Ntibumvira ijwi ry’Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Bituma amanika ukuboko, Abarahira yuko azabatsinda mu butayu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Kandi azatsinda urubyaro rwabo mu mahanga, Akarutataniriza mu bihugu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Kandi bifatanya na Bālipewori, Barya intonorano z’ibitariho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Uko ni ko bamurakarishije imirimo yabo, Mugiga irabatungura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Maze Finehasi arahaguruka asohoza amateka, Mugiga irashira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Bimuhwanirizwa no gukiranuka, Kugeza ibihe by’abantu byose iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Kandi barakariza Uwiteka ku mazi y’i Meriba, Bituma Mose aterwa ibyago na bo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Kuko bagomeye Umwuka w’Uwiteka, Bituma Mose avugisha akanwa ke ibidakwiriye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
Kandi ntibarimbura amahanga, Uwiteka yabategetse kurimbura,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
Ahubwo bīvanga n’amahanga, Biga ingeso zayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Bakoreraga ibishushanyo by’ibigirwamana byayo, Bibahindukira ikigoyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp37.
Batambiraga abadayimoni abahungu babo n’abakobwa babo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp38.
Bavushaga amaraso y’abatariho urubanza, Ni yo maraso y’abahungu babo n’ay’abakobwa babo, Batambiye ibishushanyo by’i Kanāni, Igihugu gihumanywa n’amaraso.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp39.
Nuko banduzwa n’imirimo yabo, Bagenda basambanisha ingeso zabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp40.
Bituma umujinya w’Uwiteka ucanwa ku bwoko bwe, Yanga urunuka umwandu we.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp41.
Abashyira mu maboko y’abanyamahanga, Abanzi babo barabatwara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp42.
Kandi ababisha babo barabahata, Baragomorwa baba munsi y’ukuboko kwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp43.
Yabakizaga kenshi, Ariko bakagomeshwa n’imigambi yabo, Bagacishwa bugufi no gukiranirwa kwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp44.
Ariko yitaga ku mubabaro wabo, Uko yumvaga gutaka kwabo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp45.
Akibuka isezerano yabasezeraniye, Akigarura nk’uko imbabazi ze nyinshi ziri,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp46.
Agatuma bababarirwa, N’ababajyanye ho iminyago bose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp47.
Uwiteka Mana yacu udukize, Udutarurukanye udukure mu mahanga, Kugira ngo dushime izina ryawe ryera, Twishimire ishimwe ryawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp48.
Uwiteka Imana y’Abisirayeli ahimbazwe, Uhereye kera kose ukageza iteka ryose. Kandi abantu bose bavuge bati “Amen!” Haleluya.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: