Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni indirimbo ya Dawidi yahimbishijwe ubwenge.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Yayihimbye ubwo Dowegi Umwedomu yagendaga akabwira Sawuli ati “Dawidi yaje kwa Ahimeleki.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Wa ntwari we, ni iki gitumye wirata igomwa? Imbabazi z’Imana zihoraho iteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Ururimi rwawe ruhimba ibyo kurimbura, Ruhwanye n’icyuma cyogosha gityaye, Wa nkozi y’uburiganya we,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Ukunda ibibi ukabirutisha ibyiza, No kubeshya ukakurutisha kuvuga ibitunganye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Wa rurimi ruriganya we, Ukunda amagambo yose arimbura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Nawe Imana izagutsemba iteka, Izakujahura ikuvane mu ihema ryawe, Ikurandure igukure mu isi y’ababaho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Abakiranutsi bazabireba batinye, Bamuseke bati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
“Dore uyu ni we utagiraga Imana igihome kimukingira, Ahubwo yiringiraga ubutunzi bwe bwinshi, Akikomereza gukora ibyaha.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Ariko jyeweho meze nka elayo mbisi yo mu rugo rw’Imana, Niringira imbabazi z’Imana iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Nzagushima iteka kuko ari wowe wabikoze, Nzategerereza izina ryawe imbere y’abakunzi bawe, Kuko ari ryiza.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: