Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni indirimbo ya Dawidi yitwa Zaburi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Imana izahaguruka abanzi bayo batatane, Kandi abayanga bazahunga mu maso hayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Nk’uko umwotsi utumuka ni ko uzabatumura, Nk’uko ibimamara biyagira imbere y’umuriro, Ni ko abanyamahanga bazarimbukira imbere y’Imana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Ariko abakiranutsi bazanezerwa, Bazishimira imbere y’Imana, Ni koko bazishima ibyishimo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Nimuririmbire Imana, muririmbire izina ryawe ishimwe Muharurire Imana inzira inyura mu butayu, iri mu igare, Izina ryayo ni YA, mwishimire imbere yayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Imana iri mu buturo bwayo bwera, Ni se w’impfubyi n’umucamanza urengera abapfakazi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Imana ibesha mu mazu abatagira shinge na rugero, Ibohora imbohe ikaziha kugubwa neza, Ariko abagome bakaba mu gihugu gikakaye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Mana, ubwo wajyaga imbere y’ubwoko bwawe, Ubwo wagendaga mu butayu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Isi yahinze igishyitsi, Ijuru riyengera imbere y’Imana,Sinayi iriya ihindira igishyitsi imbere y’Imana, Ni yo Mana y’Abisirayeli.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Mana, wavubiye imvura y’ubuntu umwandu wawe, Wawushubijemo intege ubwo wari urushye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Ubwoko bwawe bwatuye muri wo, Mana witeguriye umunyamubabaro, Ku bwo kugira neza kwawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Umwami Imana yatanze itegeko, Abagore bamamaza inkuru baba benshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Abami bagaba ingabo barahunga, barahunga, Umugore usigaye mu rugo ni we ugabanya iminyago.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Mukiryama mu ngo z’intama, Amababa y’inuma akengeranaho ifeza, N’amoya yayo akengeranaho izahabu y’amazi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Ubwo Ishoborabyose yatatanirizaga abami mu gihugu, Shelegi yagwaga kuri Salumoni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Umusozi w’i Bashani ni umusozi w’Imana, Umusozi w’i Bashani ni umusozi w’impinga nyinshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Mwa misozi y’impinga nyinshi mwe, Ni iki gituma murebana ishyari, Umusozi Imana yashatse kubaho? Ni koko, Uwiteka azawubaho iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Amagare y’Imana abarika inzovu ebyiri, inzovu ebyiri, Ni koko, ni ibihumbi n’ibihumbi, Umwami Imana iri hagati yayo, Sinayi iri ahera ho mu rusengero.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Urazamutse ujya hejuru ujyanye iminyago, Uhērewe impano hagati y’abantu, Ni koko, uziherewe hagati y’abagome na bo, Kugira ngo Uwiteka Imana ibane na bo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Umwami ahimbazwe utwikorerera umutwaro uko bukeye, Ni we Mana itubera agakiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Imana itubera Imana y’agakiza idukiza kenshi, Kandi Uwiteka Umwami ni we ubasha gukūra mu rupfu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp22.
Ariko Imana izamenagura imitwe y’abanzi bayo, N’igikoba kiriho umusatsi cy’umuntu wese ukomeza kwishyiraho urubanza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp23.
Umwami Imana yaravuze iti “Nzabagarura bave i Bashani, Nzabagarura bave imuhengeri w’inyanja,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp24.
Kugira ngo winike ikirenge cyawe mu maraso, Indimi z’imbwa zawe zigabane abanzi bawe.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp25.
Mana, barebye amagenda yawe, Amagenda y’Imana yanjye, Ni yo Mwami wanjye yinjira ahera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp26.
Abaririmbyi bagiye imbere, Abacuranzi bakurikiyeho, Hagati y’abakobwa bavuza amashako.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp27.
Muhimbarize Imana mu materaniro, Mwa bakomotse ku isōko ya Isirayeli mwe, Muhimbaze Umwami Imana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp28.
Nguriya umuryango wa Benyamini umuhererezi, Ni wo mutware wabo, Harimo n’abakomeye b’Abayuda n’umutwe wabo, N’abakomeye b’Abazebuluni, N’abakomeye b’Abanafutali.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp29.
Imana yawe igutegekeye imbaraga, Mana, komeza ibyo wadukoreye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp30.
Uri mu rusengero rwawe, I Yerusalemu ni ho abami bazakuzanira amaturo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp31.
Hana ya nyamaswa yo mu rufunzo, N’amapfizi menshi n’inyana zo mu mahanga, Kugira ngo bakuramye bazanye ibice by’ifeza, Tatanya amahanga yishimira intambara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp32.
Abakomeye bazaza bavuye muri Egiputa, Etiyopiya hazihuta kuramburira Imana amaboko yaho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp33.
Mwa bihugu by’abami bo mu isi mwe, Muririmbire Imana, Muririmbire Umwami ishimwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp34.
Ni we ugenda ku ijuru ryo hejuru y’amajuru yose, Ryahozeho na kera kose, Dore avuga ijwi, ijwi rikomeye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp35.
Mwāturire Imana ko ifite imbaraga, Ubwiza bwayo buri hejuru y’Abisirayeli, Imbaraga zayo ziri mu bicu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp36.
Mana, uteye ubwoba uri ahera hawe, Imana y’Abisirayeli ni yo iha abantu bayo imbaraga no gukomera. Imana ihimbazwe.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: