Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi mu buryo bwa Yedutuni Ni Zaburi ya Asafu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Ndatakira Imana n’ijwi ryanjye, Ndatakira Imana n’ijwi ryanjye, Na yo irantegera ugutwi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Ku munsi w’umubabaro wanjye nashatse Umwami Imana, Nijoro nayitegeye amaboko sinacogora, Umutima wanjye wanga kumarwa umubabaro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Nibuka Imana ngahagarika umutima, Ndaganya umutima wanjye ukagwa isari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Ufata ibihene by’amaso yanjye kugira ngo bidahumiriza, Mfite umubabaro utuma ntabasha kuvuga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Njya nibwira iminsi ya kera, Imyaka y’ibihe bya kera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Nibuka indirimbo yanjye ya nijoro, Nkibwira mu mutima, Umwuka wanjye wibazanya umwete uti
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
“Umwami azaduta iteka ryose? Ntazongera kutwishimira ukundi?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Imbabazi ze zagiye rwose iteka ryose? Isezerano rye ryapfuye ibihe byose?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Imana yibagiwe kugira neza? Umujinya wayo utumye ikingirana imbabazi zayo?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Maze ndavuga nti “Ibyo ni indwara y’umutima wanjye. Mbega natekereje yuko ukuboko kw’iburyo kw’Isumbabyose guhinduka!”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Nzibutsa abantu ibikomeye Uwiteka yakoze, Kuko nzibuka ibitangaza byawe bya kera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Kandi nzibwira ibyo wakoze byose, Nzita ku bikomeye wakoze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Mana, inzira yawe iri ahera, Ni nde mana ikomeye ihwanye n’Imana Rurema?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Ni wowe Mana ikora ibitangaza, Wamenyekanishije imbaraga zawe mu mahanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Wacunguje ubwoko bwawe ukuboko kwawe, Ni bwo bene Yakobo na Yosefu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Mana, amazi yarakurebye, Amazi yarakurebye aratinya, Imuhengeri hahinda umushyitsi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Ibicu bisuka amazi, Ijuru rirahinda, Imyambi yawe irashwara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Ijwi ry’inkuba yawe ryari muri serwakira, Imirabyo yawe imurikira isi, Isi ihinda umushyitsi iratigita.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Inzira yawe yari mu nyanja, Inzira zawe zari mu mazi y’isanzure, Ibirenge byawe ntibyamenyekanye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp21.
Wayoboje ubwoko bwawe nk’umukumbi, Ukuboko kwa Mose na Aroni.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: