Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi babwirisha inanga ijwi ryitwa “Ibyahamijwe ni nk’amarebe”. Ni Zaburi ya Asafu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Wa mwungeri w’Abisirayeli we, tege ugutwi, Ni wowe ushorera Abayosefu nk’umukumbi, Yewe wicara hejuru y’Abakerubi, rabagirana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Imbere y’Abefurayimu n’Ababenyamini n’Abamanase, Kangura imbaraga zawe uze udukize.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Mana, utwigarurire, Umurikishe mu maso hawe natwe turakira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Uwiteka Mana Nyiringabo, Uburakari bwawe buzageza he gucumbira ku ugusenga k’ubwoko bwawe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Wabagaburiye amarira menshi nk’umutsima, Wabahaye amarira menshi yo kunywa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Utugize rurwanirwa rw’abaturanyi bacu, Abanzi bacu badusekera hamwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
Mana Nyiringabo, utwigarurire, Umurikishe mu maso hawe natwe turakira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Wakuye umuzabibu muri Egiputa, Wirukana amahanga urawutera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Uharura imbere yawo, Na wo ushora imizi wuzura igihugu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Imisozi itwikīrwa n’igicucu cyawo, N’imyerezi y’Imana iterwa igicucu n’amashami yawo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Ugaba amashami agera no ku nyanja, Kandi amashami yawo agera no kuri rwa ruzi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Ni iki cyatumye usenya inzitiro zawo, Ngo abahisi bose bawusorome?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Ingurube yo mu ishyamba irawangiza, Inyamaswa zo mu gasozi zirawona.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Mana Nyiringabo, turakwinginze garuka, Urebe mu isi, uri mu ijuru ubirebe, Ugenderere uwo muzabibu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Rinda icyo ukuboko kwawe kw’iburyo kwateye, N’ishami wikomereje.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Uwo muzabibu waratwitswe, waraciwe, Barimburwa no guhana ko mu maso hawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Ukuboko kwawe kube ku muntu wo mu kuboko kwawe kw’iburyo, Umwana w’umuntu wikomereje.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Nuko rero natwe ntituzasubira inyuma ngo tuguhararuke, Tuzure natwe turambaza izina ryawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp20.
Uwiteka, Mana Nyiringabo utwigarurire, Umurikishe mu maso hawe natwe turakira.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: