Somera Bibiriya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp1.
Iyi ndirimbo ni Zaburi ya Asafu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp2.
Mana, ntuceceke, Mana, ntuhore ntiwirengagize,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp3.
Kuko abanzi bawe bagira imidugararo, Abakwanga babyukije umutwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp4.
Bagambirira imigambi y’uburiganya ngo bagirire nabi ubwoko bwawe, Bagire inama abo urindira mu rwihisho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp5.
Baravuze bati “Nimuze tubarimbure bataba ishyanga, Kugira ngo izina ry’Abisirayeli ritibukwa ukundi.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp6.
Kuko bahuje umutima wo kujya inama, Ni wowe basezeraniye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp7.
Ni bo banyamahema ba Edomu n’Abishimayeli, Kandi n’Abamowabu n’Abahagari,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp8.
N’Abagebalu n’Abamoni n’Abamaleki, N’Abafilisitiya n’abatuye i Tiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp9.
Abashuri na bo bafatanije na bo, Batabaye bene Loti.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp10.
Ubagirire nk’ibyo wagiriye Abamidiyani, Nk’ibyo wagiriye Sisera na Yabini ku mugezi Kishoni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp11.
Barimbukiye Endoru, Bahindutse ifumbire ry’ubutaka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp12.
Uhindure abatware babo nka Orebu na Zēbu, Imfura zabo zose uzihindure nka Zeba na Zalumuna,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp13.
Kuko zavuze ziti “Twiyendere Ubuturo bw’Imana.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp14.
Mana yanjye, ubahindure nk’umukungugu ujyanwa na serwakira, Nk’umurama utumurwa n’umuyaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp15.
Nk’uko umuriro utwika ishyamba, Nk’uko ibirimi by’umuriro bitwika imisozi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp16.
Abe ari ko ubahigisha umuyaga wawe, Ubateze ubwoba umuyaga wawe w’ishuheri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp17.
Wuzuze mu maso habo ipfunwe ry’igisuzuguriro, Kugira ngo bashake izina ryawe, Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp18.
Bakorwe n’isoni batinye iteka ryose, Bamware barimbuke,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangira bibliya kuri Whatsapp19.
Kugira ngo bamenye yuko uwitwa UWITEKA, Ko ari wowe wenyine Usumbabyose utegeka isi yose.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: