Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
“Mbese umuntu akiri mu isi ntaba afashe igihe mu ntambara? N’iminsi ye si nk’iy’ukorera ibihembo?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Uko umuretwa yifuza igicucu, N’umukozi uko arindira ibihembo bye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ni ko nahawe amezi anguye nabi ho ibihembo, Kandi nategekewe amajoro antera imiruho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Iyo ndyamye ndavuga nti ‘Buracya ryari ngo mbyuke?’ Mpora ndara ngaragurika bugacya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Umubiri wanjye utwikiriwe n’inyo n’imvuvu, Uruhu rwanjye ruriyasa rukava.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Iminsi yanjye irihuta kuruta ikibohesho cy’umuboshyi w’imyenda, Ishira ari nta byiringiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Nyamuneka ibuka ko ubugingo bwanjye ari umuyaga gusa, Ijisho ryanjye ntirizongera kubona ibyiza ukundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ijisho ry’undeba ntirizongera kumbona, Amaso yawe azaba andiho ariko sinzaba nkiriho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Uko igicu cyeyuka kigahera, Ni ko n’umanuka ajya ikuzimu atasubira kuzamuka ukundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ntazagaruka mu nzu ye ukundi, N’aho yari atuye ntihazongera kumumenya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ni cyo gitumye ntiyumanganya, Mvuze mbitewe n’agahinda, Ndaganya amaganya mbitewe n’ishavu riri mu mutima wanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
“Mbese ndi inyanja? Cyangwa se ndi igikoko cyo mu nyanja, Kugira ngo unshyireho abarinzi?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Iyo mvuze nti ‘Uburiri bwanjye buzampumuriza, Igisasiro kizanyorohereza imiborogo’,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Uherako ukankangisha inzozi, Ukanteresha ubwoba ibyo neretswe,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Bigatuma umutima wanjye ushaka kwiyahura no gupfa, Bikandutira guhora mpururwa muri izi ngingo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Kubaho kwanjye ndakuzinutswe sinshaka kurama, Ndekera ukwanjye kuko iminsi yanjye ari ubusa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
“Umuntu ni iki cyatuma umukuza, ukamwitaho,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Ukamugenderera uko bukeye, Ntutuze kumugerageza?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Uzirengagiza ryari kumpozaho ijisho, Ukanyorohereza nkabona uko mira amacandwe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Niba narakoze icyaha weho nagutwaye iki, Murinzi w’abantu? Ni iki gituma ungira intego, Bigatuma ninanirwa?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Kandi ni iki gituma utambabarira igicumuro cyanjye, Ngo umvaneho ikibi cyanjye? Kuko noneho ngiye kuryama mu mukungugu, Nawe uzanshakana umwete cyane, ariko sinzaba nkiriho.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: