Somera Bibiliya kuri Telefone
Inama Umwami Lemuweli yahawe
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Amagambo y’umwami Lemuweli n’ubuhanuzi nyina yamwigishije:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
“Mwana wanjye, ndakubwira iki? Ese nkubwire iki, mwana wanjye nibyariye,Ko ari wowe nahigiye?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ntugahe abagore intege zawe n’ubugingo bwawe, Kuko ari cyo kigusha abami.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
“Ntibikwiriye abami, Lemuweli we, Abami ntibakwiriye kunywa vino, Cyangwa ibikomangoma kubaririza ibisindisha aho biri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Be kunywa bakibagirwa ibyategetswe, Bakagoreka imanza z’abarengana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Ibisindisha ubihe ugiye gupfa, Na vino uyihe ufite intimba mu mutima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Mureke anywe urwo rushungandushyi, Rumutere kwibagirwa intimba ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
“Bumbura akanwa kawe uvugire ikiragi, Kandi uburanire abatagira shinge na rugero.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Bumbura akanwa kawe uce imanza zitabera, Ucire abakene n’indushyi urubanza rutunganye.”
Ishimwe ry’umugore ufite umutima
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Umugore w’imico myiza ni nde wamubona? Arusha cyane rwose marijani igiciro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Umutima w’umugabo we uhora umwiringira, Kandi ntazabura kunguka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ahora amugirira neza ntabwo amugirira nabi, Igihe cyose akiriho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Ashaka ubwoya bw’intama n’imigwegwe, Anezezwa no gukoresha amaboko ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Ameze nk’inkuge z’abagenza, Azana ibyokurya bye abikura kure.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Abyuka kare butaracya, Akagaburira abo mu rugo, Agategeka abaja be imirimo ibakwiriye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Yitegereza umurima akawugura, Awutezamo urutoki mu by’inyungu ivuye mu maboko ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Akenyerana imbaraga, Agakomeza amaboko ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Abona yuko ibyo akora bimufitiye akamaro, Kandi nijoro itabaza rye ntirizima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Afatisha ukuboko urubambo ruriho ipamba, Intoki ze zigafata igiti ahotoza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Aramburira abakene ibiganza, Kandi indushyi akazitiza amaboko.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Ntatinyisha abo mu rugo igihe cy’imbeho, Kuko abo mu rugo bose bambaye ibikomeye by’imihemba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Yibohera ibirago by’ibisuna, Imyambaro ye ni imyenda y’ibitare byiza n’imihengeri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Umugabo we amenyekana mu marembo y’umudugudu, Yicaranye n’abakuru b’igihugu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Aboha imyambaro akayigura, Agurira abagenza imikandara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Imbaraga n’icyubahiro ni byo myambaro ye, Kandi igihe kizaza azaba agiseka atacyitayeho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Abumbuza akanwa ke ubwenge, Kandi itegeko ry’ururimi rwe riva ku rukundo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Amenya neza imico yo mu rugo rwe, Kandi ntabwo arya ibyokurya by’ubute.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Abana be barahaguruka bakamwita Munyamugisha, N’umugabo we na we aramushima ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
“Abagore benshi bagenza neza, Ariko weho urabarusha bose.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter30.
Ubutoni burashukana kandi uburanga bwiza ni ubusa, Ariko umugore wubaha Uwiteka ni we uzashimwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter31.
Mumuhe ku mbuto ziva mu maboko ye, Kandi imirimo ye nibayimushimire mu marembo.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma imigani igice cya: