Suzuma ubumenyi ufite kuri Bibiliya Bibiliya Quiz
Amanota: 0
Tegereza
Ikibazo cya 1
Ikibazo cya 2
btn1
Ibindi bibazo kuri Bibiliya Ibibazo bikurikira bigabanijemo amatsinda, hitamo itsinda ushaka maze wisuzume...
Ibi bibazo birareba umwanditsi akaba n’umwe mu ntumwa za Yesu Kristo ariwe Luka. Biribanda ku mateka, ibikorwa ndetse n’igitabo cy’Ubutumwa bwiza uko bwanditswe na Luka.
Ibibazo byoroshye bibaza ku bumenyi bw’ibanze kuri Bibiliya. Ni ibibazo bigenewe abatangizi.
Muri ibi bibazo turaguha umurongo cyangwa igice cyawo maze uvuge uwawuvuze. Byose byavuye mu isezerano rishya.
Muri Bibiliya harimo abagore benshi babaye intwari abandi baba ibigwari. Muri uru rutonde rw’ibibazo turagerageza kukubaza bamwe muri abo bagore ugendeye ku bikorwa bakoze mu isezerano rya kera. Gerageza kubikora byose upime ubumenyi ufite kuri Bibiliya Yera.
Ibi bibazo birafata kuri Bibiliya kuva mu itangiriro kugeza mu Ibyahishuwe. Gerageza kubikora byose upime ubumenyi ufite kuri Bibiliya Yera.
Ibibazo birabaza k'umugani w'umusamariya mwiza dusanga mu butumwa bwiza bwanditswe na Luka 10:25-37
Ibi bibazo birarebana cyane cyane n'intumwa za Yesu
Ibi bibazo biragufasha kumenya uko uhagaze mu isezerano rishya
Ibibazo biragufasha gusuzuma ubumenyi ufite muri rusange ku ijambo ry’Imana
Ibi bibazo birarebana n'abantu bagize uruhare mu iyandikwa rya Bibiliya, harimo abahanuzi, intumwa ndetse n'abandi nk'uko Umwuka w'Imana yababwirizaga