Somera Bibiliya kuri Telefone
Amategeko y’abavubwamo n’ibihumanya mu mubiri
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Uwiteka abwira Mose na Aroni ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
“Mubwire Abisirayeli muti: Umugabo wese uninda, abe ahumanijwe n’uko kuninda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Uko ni ko kuzaba guhumana kwe gutewe no kuninda kwe, naho aninda cyangwa yari azibye, abe ahumanye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Uburiri bwose uninda yaryamyeho bube buhumanye, n’ikintu cyose yicayeho kibe gihumanye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Kandi umuntu wese ukoze ku buriri bwe, amese imyenda ye yiyuhagire, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Uwicaye ku kintu cyose uninda yicayeho, amese imyenda ye yiyuhagire, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Ukoze ku mubiri w’uninda, amese imyenda ye yiyuhagire, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Kandi uninda nacira amacandwe ku udahumanye, uwo amese imyenda ye yiyuhagire, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Amatandiko yose uninda yicayeho, abe ahumanye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ukoze ku kintu cyose cyari munsi ye, abe ahumanye ageze nimugoroba, kandi uzaterura ibyo, amese imyenda ye yiyuhagire, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Kandi uninda nakora ku muntu adakarabye, uwo amese imyenda ye yiyuhagire, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ikintu cy’ibumba gikozweho n’uninda kimenwe, icyabajwe mu giti cyose cyozwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
“Kandi uninda niba akize kuninda kwe, abare iminsi irindwi yo kwihumanuza, amese imyenda ye yiyuhagire mu mazi atemba, abe ahumanutse.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Ku munsi wa munani azende intungura ebyiri cyangwa ibyana by’inuma bibiri, abijyane imbere y’Uwiteka ku muryango w’ihema ry’ibonaniro, abihe umutambyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Uwo mutambyi abitambe, kimwe ho igitambo gitambirwa ibyaha, ikindi ho igitambo cyoswa. Nuko amuhongererere imbere y’Uwiteka impongano yo kuninda kwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
“Kandi intanga z’umuntu nizimuvamo, yiyuhagire umubiri wose, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Kandi umwambaro wose cyangwa uruhu rwose kiriho izo ntanga kimeswe, kibe gihumanye kigeze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Kandi umugabo naryamana n’umugore bombi biyuhagire, babe bahumanye bageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
“Kandi umukobwa cyangwa umugore naba mu muhango w’abakobwa amare iminsi irindwi azira, umukozeho wese abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Icyo aryamyeho cyose mu minsi yo kuzira kwe kibe gihumanye, n’icyo yicayeho cyose kibe gihumanye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Ukoze ku buriri bwe wese amese imyenda ye yiyuhagire, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Kandi ukoze ku kintu cyose yicayeho, amese imyenda ye yiyuhagire, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Kandi ukoze ku kintu kiri ku buriri bwe, cyangwa ku cyo yicayeho cyose, abe ahumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Kandi nihagira umugabo uryamana na we igihumanya cye kikamujyaho amare iminsi irindwi ahumanye, uburiri bwose uwo mugabo aryamyeho bube buhumanye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
“Umukobwa cyangwa umugore namara iminsi myinshi aba mu muhango w’abakobwa mu gihe kitari cyo, cyangwa nakirenza, iminsi yose azamara akivubwamo n’igihumanya amere nk’uko ajya amera mu minsi yo kuzira kwe, abe ahumanye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Uburiri bwose aryamyeho mu minsi yose avubwamo n’igihumanya, bumubere nk’uburiri aryamyeho mu minsi yo kuzira kwe, n’ikintu cyose yicayeho kibe gihumanye nk’igihumanywa n’uko kuzira kwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Ukoze kuri ibyo wese abe ahumanye, amese imyenda ye yiyuhagire, abe agihumanye ageze nimugoroba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Niba akize icyamuvagamo abare iminsi irindwi, maze abone guhumanuka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
Ku munsi wa munani yende intungura ebyiri cyangwa ibyana by’inuma bibiri, abishyire umutambyi ku muryango w’ihema ry’ibonaniro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter30.
Uwo mutambyi atambe kimwe ho igitambo gitambirwa ibyaha, ikindi agitambe ho igitambo cyoswa. Nuko amuhongererere imbere y’Uwiteka impongano yo kuvubwamo kwe n’igihumanya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter31.
“Nuko mujye mutandukanya Abisirayeli no guhumana kwabo, kugira ngo baticishwa no guhumana kwabo, mbahora kwanduza ubuturo bwanjye buri hagati muri bo.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter32.
Ayo ni yo mategeko y’umugabo uninda, n’ay’uvubwamo n’intanga ze bikamuhumanya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter33.
n’ay’umukobwa cyangwa umugore uri mu muhango w’abakobwa, n’ay’uvubwamo n’ibihumanya wese, naho yaba umugabo cyangwa umugore, n’ay’umugabo uryamanye n’umugore uhumanye.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma abalewi igice cya: