Somera Bibiliya kuri Telefone
Abisirayeli bongera kwitandukanya n’abanyamahanga
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Nuko Ezira agisenga yātura, kandi arira n’amarira yikubise hasi imbere y’inzu y’Imana, iteraniro rinini cyane rivuye mu Bisirayeli, abagabo n’abagore n’abana bato bateranira aho yari ari aho ngaho, kandi abantu barariraga cyane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Maze Shekaniya mwene Yehiyeli umwe wo muri bene Elamu, abwira Ezira ati “Twacumuye ku Mana yacu, dushaka abagore b’abanyamahangakazi bo mu mahanga yo mu bihugu, ariko noneho muri ibyo haracyariho ibyiringiro by’uko Abisirayeli bākira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Nuko rero none dusezerane isezerano n’Imana yacu, yuko dusenda abagore bose n’abana babyaye, dukurikije inama ya databuja n’iy’abahindira imishyitsi itegeko ry’Imana yacu, kandi bigenzwe nk’uko amategeko ategeka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Byuka kuko ari ibyawe kandi turi kumwe nawe, ntutinye ubikore.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Ezira aherako arabyuka arahiza abakuru b’abatambyi n’Abalewi n’Abisirayeli bose, yuko bazabigenza nk’uko bagiye inama. Nuko bararahira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Maze Ezira arahaguruka ava imbere y’inzu y’Imana ajya mu nzu ya Yehohanani mwene Eliyashibu, agezeyo ntiyagira icyo afungura kuko yababajwe n’igicumuro cy’abavuye mu bunyage.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Hanyuma bamamaza i Buyuda n’i Yerusalemu, ngo abavukiye mu bunyage bakabuvamo bateranire i Yerusalemu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
kandi ngo utazaza mu minsi itatu nk’uko abatware n’abakuru bagiye inama, azanyagwa ibye byose kandi na we ubwe akurwe mu iteraniro ry’abavuye mu bunyage.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Nuko Abayuda n’Ababenyamini bose bateranira i Yerusalemu mu minsi itatu, kandi hari ku munsi wa makumyabiri w’ukwezi kwa cyenda. Abantu bose bicara mu muharuro imbere y’inzu y’Imana, bahindishwa umushyitsi n’ibyo kandi kuko hari imvura nyinshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Maze Ezira arahaguruka arababwira ati “Mwaracumuye mushaka abagore b’abanyamahangakazi, mwongerera Abisirayeli icyaha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
None nimwāturire Uwiteka Imana ya ba sogokuruza mukore ibyo ishaka, mwitandukanye n’abanyamahanga bo mu gihugu, n’abagore b’abanyamahangakazi.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Nuko iteraniro ryose bamusubizanya ijwi rirenga bati “Nk’uko udutegeka ni ko twemeye kubikora.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Ariko abantu ni benshi kandi ubu ni igihe cy’imvura nyinshi, ntitubasha guhagarara hanze kandi uwo murimo si uw’umunsi umwe cyangwa ibiri, kuko muri ibyo twacumuye cyane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Nuko rero abatware bacu nibagabanye iteraniro, maze abashatse abagore b’abanyamahangakazi mu midugudu yacu yose bajye baza mu bihe bitegetswe, bazanywe n’abatware b’umudugudu bose n’abacamanza bawo, bageze aho uburakari bw’Imana yacu buzatuviraho kandi iryo jambo rigasohozwa.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Yonatani mwene Asaheli na Yahazeya mwene Tikuva ni bo bonyine bahagarutse bahakana iyo nama, kandi bafatanya na Meshulamu na Shabetayi Umulewi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Nuko abavukiye mu bunyage babigenza batyo. Maze Ezira umutambyi n’abatware bamwe b’amazu ya ba sekuruza, uko amazu yabo yari ari, bose uko amazina yabo yari ari, baratoranywa, hanyuma ku munsi wa mbere w’ukwezi kwa cumi bicazwa no kubigenzura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Ku munsi wa mbere w’ukwezi kwa mbere, bari barangije iby’abagabo bose bari barashatse abagore b’abanyamahangakazi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Abashatse abagore b’abanyamahangakazi bo mu bana b’abatambyi ni aba: muri bene Yeshuwa mwene Yosadaki na bene se, ni Māseya na Eliyezeri na Yaribu na Gedaliya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Batanga amaboko yabo ho abagabo yuko basenda abagore babo, kandi batanga impfizi y’intama yo mu mukumbi ho icyiru kuko batsinzwe n’urubanza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Muri bene Imerini Hanani na Zebadiya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Muri bene Harimu ni Māseya na Eliya na Shemaya, na Yehiyeli na Uziya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Muri bene Pashuri ni Eliyowenayi na Māseya na Ishimayeli, na Netanēli na Yozabadi na Elasa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Mu Balewi ni Yozabadi na Shimeyi na Kelaya (ari we Kelita), na Petahiya na Yuda na Eliyezeri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Mu baririmbyi ni Eliyashibu. Mu bakumirizi ni Shalumu na Telemu na Uri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Mu Bisirayeli: muri bene Paroshi ni Ramiya na Iziya na Malikiya, na Miyamini na Eleyazari na Malikiya na Benaya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Muri bene Elamu ni Mataniya na Zekariya na Yehiyeli, na Abudi na Yeremoti na Eliya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Muri bene Zatu ni Eliyowenayi na Eliyashibu na Mataniya, na Yeremoti na Zabadi na Aziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Muri bene Bebayi ni Yehohanani na Hananiya, na Zabayi na Atilayi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
Muri bene Bani ni Meshulamu na Maluki na Adaya, na Yashubu na Sheyali na Yeremoti.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter30.
Muri bene Pahatimowabu ni Adina na Kelali na Benaya, na Māseya na Mataniya na Besalēli, na Binuwi na Manase.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter31.
Muri bene Harimu ni Eliyezeri na Ishiya na Malikiya, na Shemaya na Shimeyoni,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter32.
na Benyamini na Maluki na Shemariya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter33.
Muri bene Hashumu ni Matenayi na Matata na Zabadi, na Elifeleti na Yeremayi na Manase na Shimeyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter34.
Muri bene Bani ni Madayi na Amuramu na Uweli,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter35.
na Benaya na Bedeya na Keluhi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter36.
na Vaniya na Meremoti na Eliyashibu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter37.
na Mataniya na Matenayi na Yāsayi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter38.
na Bani na Binuwi na Shimeyi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter39.
na Shelemiya na Natani na Adaya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter40.
na Makinadebayi na Shashayi na Sharayi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter41.
na Azarēli na Shelemiya na Shemariya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter42.
na Shalumu na Amariya na Yosefu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter43.
Muri bene Nebo ni Yeyeli na Matitiya na Zabadi, na Zebina na Ido na Yoweli na Benaya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter44.
Abo bose bari barashatse abagore b’abanyamahangakazi, ndetse bamwe muri bo bari babyaranye abana.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma ezira igice cya: