Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Umwana ufite ubwenge yemera icyo se amwigisha Ariko umukobanyi ntiyemera guhanwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Umuntu azahazwa ibyiza n’imbuto zituruka mu kanwa ke, Ariko ubugingo bw’abagambana buzahazwa urugomo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ufashe ururimi rwe aba arinze ubugingo bwe, Ariko ubumbura akanwa ke azarimbuka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Umutima w’umunyabute urifuza kandi nta cyo ari bubone, Ariko umutima w’umunyamwete uzahazwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Umukiranutsi yanga ibinyoma, Ariko umunyabyaha arigayisha kandi akikoza isoni.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Gukiranuka birinda ugenda atunganye mu nzira ze, Ariko gukiranirwa bigusha umunyabyaha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Hariho uwigira umukire kandi nta cyo afite, Hariho uwigira umukene kandi ari umukire cyane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Incungu y’ubugingo bw’umuntu ni ubutunzi bwe, Ariko umukene nta cyo akangishwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Umucyo w’umukiranutsi uranezeza, Ariko urumuri rw’umunyabyaha ruzazima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ubwibone butera intonganya gusa, Ariko ubwenge bufitwe n’abagirwa inama nziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ubutunzi bw’amahugu buzagabanuka, Ariko urundarunda ibintu avunika azunguka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ubwiringiro burerezwe butera umutima kurwara, Ariko iyo icyifujwe kibonetse kiba igiti cy’ubugingo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Uhinyura ijambo aba yizanira kurimbuka, Ariko uwumvira itegeko azagororerwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Kwigisha kw’abanyabwenge ni isōko y’ubugingo, Gutuma umuntu ava mu mitego y’urupfu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Kumenya gutunganye gutera igikundiro, Ariko inzira z’abagambanyi zirarushya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Umunyamakenga wese akorana ubwenge, Ariko umupfapfa agaragaza ubupfu bwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Intumwa mbi igwa mu kaga, Ariko intumwa idatenguha itera kugubwa neza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Uwanga guhanwa bimutera ubukene kandi bikamukoza isoni, Ariko uwemera gucyahwa azakuzwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Ibyifuzwa iyo bibonetse binezeza umutima, Ariko abapfu bo ni ikizira kuri bo kureka ibibi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Ugendana n’abanyabwenge azaba umunyabwenge na we, Ariko mugenzi w’abapfu azabihanirwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Ibyago bikurikirana abanyabyaha, Ariko abakiranutsi bazagororerwa ibyiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Umuntu mwiza asiga umwandu uzagera ku buzukuru be, Kandi ubutunzi bw’abanyabyaha bubikiwe abakiranutsi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Imyaka myinshi iva mu mirima y’abakene, Ariko hari ikeneshejwe n’akarengane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Urinda umwana inkoni aba amwanze, Ariko ukunda umwana we amuhana hakiri kare.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Umukiranutsi ararya agahaga, Ariko inda y’umunyabyaha izasonza.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma imigani igice cya: