   | 1. | Ntukiratane iby’ejo,Kuko utazi icyo uwo munsi uzacyana. |
   | 2. | Aho kwishima washimwa n’undi,Ndetse n’umushyitsi ariko atari ururimi rwawe wishimisha. |
   | 3. | Ibuye riraremereye,Umusenyi ni umutwaro,Ariko uburakari bw’umupfapfa burusha byombi kuremera. |
   | 4. | Uburakari butera urugomo,Kandi umujinya umeze nk’isūri,Ariko ni nde washobora kwihanganira ishyari? |
   | 5. | Guhanirwa ku mugaragaro,Kuruta urukundo rudaseruka. |
   | 6. | Ibikomere by’umukunzi bizanwa n’ukuri,Ariko umwanzi asomana akabya. |
   | 7. | Uwijuse akandagira mu buki,Ariko inda ishonje ikirura cyose kirayiryohera. |
   | 8. | Uko inyoni iguruka igasiga icyari cyayo,Ni ko umuntu ameze ururongotana agata iwabo. |
   | 9. | Nk’uko amadahano y’imibavu anezeza umutima,Ni ko umuntu aryoherwa n’inama ivuye mu mutima w’incuti ye. |
   | 10. | Ntukareke incuti yawe n’incuti ya so,Kandi ku munsi ugize amakuba ntukajye gutabaza mwene so,Umuturanyi uri hafi aruta umuvandimwe uri kure. |
   | 11. | Mwana wanjye, gira ubwenge,Kandi unezeze umutima wanjye,Kugira ngo mbone uko nsubiza untutse. |
   | 12. | Umunyamakenga iyo abonye ibibi bije arabyikinga,Ariko umuswa arakomeza akabijyamo akababazwa na byo. |
   | 13. | Uwishingiye umushyitsi umwaka umwambaro we ho ingwate,Uwishingiye umugore w’inzaduka umenye ko ari inshingano. |
   | 14. | Uzinduka kare cyane akajya gushima incuti ye asakuza,Bimubera nk’umuvumo. |
   | 15. | Umunsi w’imvura nyinshi y’urujojo rudahita,N’umugore w’ingare uvuga urudaca birahwanye. |
   | 16. | Ushaka kumubuza ni nko kubuza umuyaga,Azamufata anyerera nk’amavuta. |
   | 17. | Uko icyuma gityaza ikindi,Ni ko umuntu akaza mugenzi we. |
   | 18. | Uhinga umutini ni we uzarya imbuto zawo,Kandi unamba kuri shebuja ni we uzashimwa. |
   | 19. | Nk’uko amaso y’umuntu arebana n’ayo mu mazi,Ni ko umutima w’umuntu ureba mu wundi. |
   | 20. | Ikuzimu nirimbukiro ntihahaga,Ni ko n’amaso adahaga kurora. |
   | 21. | Uruganda rutunganya ifeza,N’itanura ritunganya izahabu,Kandi umuntu ageragezwa n’ibyo bamwogeza. |
   | 22. | Nubwo wasekurisha umupfapfa umuhini nk’ingano,Ubupfu bwe ntibwamushiramo. |
   | 23. | Gira umwete wo kumenya uko imikumbi yawe imeze,Kandi ufate neza amashyo yawe, |
   | 24. | Kuko ubukungu budahoraho iteka,Ingoma na yo idahoranwa ibihe byose. |
   | 25. | Ubwatsi bukuze buracibwa bukarundwa hakamera ubushya,Kandi ibyatsi byo mu misozi bigakoranirizwa mu rugo. |
   | 26. | Abana b’intama bakubera imyambaro,Kandi ihene zivamo izigurwa umurima, |
   | 27. | Na yo amahenehene azaba ayo kunyobwa nawe,Aguhaze n’abo mu rugo rwawe,Ndetse atunge n’abaja bawe. |