Somera Bibiliya kuri Telefone
Imigisha ifatana n’ubwenge
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Bana, nimutegere amatwi ibyo so abigisha, Mushishikarire kwiga ubuhanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Ntimukareke amategeko yanjye, Kuko mbigisha ibyigisho byiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Nabereye data umwana, Kandi ndi ikinege gikundwa na mama cyane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Yaranyigishaga akambwira ati “Ukomeze amagambo yanjye mu mutima wawe, Witondere amategeko yanjye, Ubone kubaho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Shaka ubwenge shaka n’ubuhanga, Ntubwibagirwe, ntuteshuke amagambo ava mu kanwa kanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Ntubureke buzakurinda, Ubukunde buzagukiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Ubwenge muri byose ni bwo ngenzi, Nuko rero shaka ubwenge, Ndetse ibyo utunze byose ubishakishe ubuhanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ubukuze na bwo buzagukuza, Nubukomeza buzaguhesha icyubahiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Buzagutamiriza imbabazi ho umurimbo, Buzakwambika ikamba ry’ubwiza.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Mwana wanjye, umva kandi emera amagambo yanjye, Ni bwo imyaka yo kubaho kwawe izagwira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Nakwigishije ingeso z’ubwenge, Nakuyoboye mu nzira zitunganye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Nugenda intambwe zawe ntizizateba, Kandi niwiruka ntuzasitara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Ukomeze cyane icyo wigishijwe ntukireke, Ugihamane kuko ari cyo bugingo bwawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Ntukajye mu nzira y’inkozi z’ibibi, Kandi ntukagendere mu migenzereze y’abantu babi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Ujye uyitaza ntuyinyuremo, Uyiteshuke uce mu yindi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Ababi ntibasinzira keretse bakoze ibibi, Kandi ntibatora agatotsi batagize uwo bagusha,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Kuko barya umutsima wo gukiranirwa, Kandi banywa vino y’urugomo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Ariko inzira y’umukiranutsi ni nk’umuseke utambitse, Ugakomeza gukura ukageza ku manywa y’ihangu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Inzira y’abanyabyaha ni nk’umwijima,Ntibazi ikibasitaza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Mwana wanjye, ita ku magambo yanjye, Tegere ugutwi ibyo mvuga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Ntibive imbere y’amaso yawe, Ubikomeze mu mutima wawe imbere.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Kuko ari byo bugingo bw’ababibonye, Bikaba umuze muke w’umubiri wabo wose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Rinda umutima wawe kuruta ibindi byose birindwa, Kuko ari ho iby’ubugingo bikomokaho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Ikureho umunwa uvuga iby’ubugome, Kandi ururimi ruvuga iby’ubugoryi urushyire kure yawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Boneza amaso imbere yawe, Ugumye uhatumbire.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Tunganya inzira y’ibirenge byawe, Kandi imigendere yawe yose ikomezwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Ntuhindukirire iburyo cyangwa ibumoso, Ukure ikirenge cyawe mu bibi.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma imigani igice cya: