Somera Bibiliya kuri Telefone
Inzira z’ubusambanyi zigana ku rupfu
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Mwana wanjye, komeza amagambo yanjye, Kandi amategeko yanjye uyizirike.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Komeza amategeko yanjye ukunde ubeho, N’ibyigisho byanjye ubirinde nk’imboni y’ijisho ryawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ubihambire ku ntoki zawe, Ubyandike ku nkingi z’umutima wawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Ubwire Bwenge uti “Uri mushiki wanjye”, N’ubuhanga ubwite incuti yawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Kugira ngo bikurinde umugore w’inzanduka, N’umunyamahangakazi ushyeshyengesha amagambo ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Nari mpagaze ku tubambano tw’idirishya ry’inzu yanjye ndunguruka,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Nuko ndeba mu baswa, Nitegereje mu basore, Mbona umusore utagira umutima,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Anyura mu nzira ikikiye ikibero cy’inzu ya maraya, Nuko ayembayemba ajya ku nzu ye,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Ari mu kabwibwi bugorobye, Ageza mu mwijima w’igicuku.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Maze umugore aramusanganira, Yambaye imyambaro y’abamaraya, Kandi afite umutima w’ubucakura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ni umugore usamara kandi ntiyifata, Ibirenge bye ntibiregama mu nzu ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Rimwe aba ari mu mayira ubundi aba ari mu maguriro, Kandi ategera mu mahuriro y’inzira yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Nuko aramufata aramusoma, Avugana na we adafite imbebya ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
“Mfite ibitambo by’uko ndi amahoro, Uyu munsi nahiguye imihigo yanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Ni cyo gitumye nza kugusanganira, Nshaka cyane kureba mu maso hawe, none ndakubonye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Uburiri bwanjye nabushasheho ibidarafu byoroshye, Bidozweho amabara y’ubudodo bwo muri Egiputa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Uburiri bwanjye nabuminjagiyeho ibihumura neza, Ishangi n’umusagavu na mudarasini.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Ngwino dusohoze urukundo rwacu tugeze mu gitondo, Twinezeze mu by’urukundo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Kuko umugabo wanjye atari imuhira, Yazindukiye mu rugendo rwa kure.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Yajyanye uruhago rw’impiya, Kandi azagaruka mu mboneko z’ukwezi gutaha.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Nuko amushukisha akarimi ke kareshya, Amukuruza kuryarya k’ururimi rwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Aherako aramukurikira, Nk’ikimasa kigiye kubagwa, Cyangwa nk’umusazi uboshywe ajya guhanwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Kugeza ubwo umwambi uhinguranya umwijima we, Ameze nk’inyoni yihutira kugwa mu mutego, Itazi ko yategewe ubugingo bwayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
None rero bahungu banjye muntegere amatwi, Kandi mwitondere amagambo ava mu kanwa kanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Ntukunde ko umutima wawe utanyukira mu nzira ze, Ntukayobere mu migenzereze ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Kuko yagushije benshi abakomeretsa, Ni ukuri, abo yishe ni umutwe w’ingabo munini.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Inzu ye ni inzira igana ikuzimu, Imanuka ijya mu buturo bw’urupfu.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma imigani igice cya: