Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Bwenge yubatse inzu ye,Yabaje inkingi zayo ndwi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Abaga amatungo ye, Akangaza vino ye, Aringaniza n’ameza ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Maze atuma abaja be, Arangurura ijwi ari aharengeye hose ho mu murwa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Ati “Umuswa wese nagaruke hano.” Abwira utagira umutima ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
“Ngwino urye ku mutsima wanjye, Kandi unywe kuri vino nakangaje.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Mureke ubupfapfa mubeho, mwa baswa mwe, Kandi mugendere mu nzira y’ubuhanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
“Ucyaha umukobanyi aba yikoza isoni, Kandi uhana umunyabyaha aba yihamagariye ibitutsi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ntuhane umukobanyi kugira ngo atakwanga, Ariko nuhana umunyabwenge azagukunda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Bwiriza umunyabwenge kandi azarushaho kugira ubwenge, Igisha umukiranutsi kandi azunguka kumenya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
“Kūbaha Uwiteka ni ishingiro ry’ubwenge, Kandi kumenya Uwera ni ubuhanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ni jye uzakugwiriza iminsi, Nkakungura imyaka yo kubaho kwawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Niba uri umunyabwenge, Ubwo bwenge ni wowe ubwigiriye ku bwawe, Kandi nukobana ni wowe biziberaho ubwawe.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Umugore upfapfana arasakuza, Ni ikirimarima kandi nta cyo amenya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Yicara mu muryango w’inzu ye, Ari ku ntebe aharengeye ho mu murwa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Agira ngo ahamagare abahita, Baromboreje mu nzira zabo ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
“Umuswa wese agaruke hano.” Abwira utagira umutima ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
“Amazi yibwe araryoshye, Kandi umutsima urirwa ahihishe uranyura.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Ariko ntazi ko abapfuye ari ho bari, Kandi abo yararitse bari mu mworero w’ikuzimu.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma imigani igice cya: