Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Garuka, garuka wa Mushulami we, Garuka, garuka kugira ngo tukwitegereze.Umugeni: Kuki mushaka kwitegereza Umushulami, Nk’imbyino z’i Mahanayimu? Abakobwa:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Ibirenge byawe bikwese ni byiza, Wa mukobwa w’umwami we. Amatako yawe ameze nk’iby’umurimbo by’igiciro cyinshi, Byakozwe n’iminwe y’umuhanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Umukondo wawe ni igitega, Inda yawe imeze nk’ingano zitonze neza, Zikikijweho n’imyangange.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Amabere yawe ameze nk’inyagazi ebyiri, Nk’impanga z’isirabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Ijosi ryawe rimeze nk’umunara wubakishijwe amahembe y’inzovu, Inkesha zo mu maso yawe zimeze nk’ibidendezi by’i Heshiboni, Biri ku irembo ry’i Batirabimu. Izuru ryawe rimeze nka wa munara w’i Lebanoni, Werekeye i Damasiko.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Umutwe wawe wemye nka Karumeli, N’umusatsi wawe usa n’umwenda w’umuhengeri, Umwami atonesha uwo musatsi uboshye. Umukwe:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Ko uri mwiza kandi unezeza, Yewe, uwo mporanira urukundo rwishimirwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Uburebure bwawe buhwanye n’umukindo, N’amabere yawe ahwanye n’amaseri yawo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Naravuze nti “Nzurira umukindo, Mfate amashami yawo.” Reka amabere yawe amere nk’amaseri y’umuzabibu, N’impumuro y’umwuka wawe nk’impumuro y’amatapuwa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
N’akanwa kawe kamere nka vino nziza, Ibera umukunzi wanjye ikimirwa kimanukana uburyohe, Iramizwa mu kanwa k’abasinzira. Umugeni:
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ndi uw’umukunzi wanjye, Kandi urukundo rwe ararungaragariza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ngwino mukunzi wanjye tujyane ku gasozi, Turebe imihana ducumbikamo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Tuzindukire mu nzabibu, Turebe ko imizabibu yatoshye, Cyangwa ko yapfunditse ururabo, N’ibikomamanga ko byarabije. Aho ni ho uzabonera urukundo rwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Ubu amadudayimu azana impumuro nziza, Ku irembo ryacu nejeje imbuto nziza z’amoko yose za vuba n’iza kera, Ni zo nagusaruriye, mukunzi wanjye we.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma indirimbo igice cya: