Somera Bibiliya kuri Telefone
Bashyira Yesu Pilato (Mat 27.1-14; Luka 23.1-5; Yoh 18.28-38)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Umuseke utambitse, uwo mwanya abatambyi bakuru n’abakuru n’abanditsi, n’abanyarukiko bose bajya inama baboha Yesu, baramujyana bamushyira Pilato.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Pilato aramubaza ati “Ni wowe mwami w’Abayuda?” Na we aramusubiza ati “Wakabimenye.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Maze abatambyi bakuru bamurega byinshi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Pilato yongera kumubaza ati “Mbese nta cyo wireguza ko bakureze byinshi?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Ariko Yesu ntiyagira ikindi amusubiza, bituma Pilato atangara.
Pilato acira Yesu urubanza rwo kubambwa (Mat 27.15-31; Luka 23.13-25; Yoh 18.39--19.16)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Nuko muri iyo minsi mikuru, uko umwaka utashye yari yaramenyereye kubohorera abantu imbohe imwe, iyo babaga bamusabye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Nuko muri icyo gihe hariho uwitwaga Baraba wabohanywe n’abari bagomye, bishe abantu muri ubwo bugome.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Abantu barazamuka, batangira gusaba ko abagirira nk’uko yamenyereye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Pilato arababaza ati “Murashaka ko mbabohorera umwami w’Abayuda?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Kuko yamenye yuko ishyari ari ryo ryatumye abatambyi bakuru bamutanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Maze abatambyi bakuru boshya rubanda bati “Ahubwo Baraba abe ari we ababohorera.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Pilato yongera kubabaza ati “Ndamugira nte uwo mwita umwami w’Abayuda?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Maze bongera gusakuza bati “Mubambe.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Pilato arababaza ati “Kuki? Yakoze cyaha ki?” Maze barushaho gusakuza cyane bati “Mubambe.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Nuko Pilato ashatse gushimisha abantu ababohorera Baraba, amaze gukubita Yesu imikoba aramutanga ngo abambwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Maze abasirikare bamujyana imbere mu rugo rw’urukiko, bahamagara ingabo zose ziraterana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Bamwambika umwenda w’umuhengeri, baboha ikamba ry’amahwa bararimwambika,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
baherako batangira kumuramutsa bati “Ni amahoro, mwami w’Abayuda!”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Bamukubita urubingo mu mutwe, bamucira amacandwe, barapfukama baramuramya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Bamaze kumushinyagurira bamwambura wa mwenda w’umuhengeri, bamwambika imyenda ye baramusohokana, bamujyana kumubamba.
Yesu abambwa (Mat 27.32-44; Luka 23.26-43; Yoh 19.17-27)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Batangira umugenzi waturukaga imusozi witwaga Simoni w’Umunyakurene, ari we se wa Alekizanderi na Rufo, baramuhata ngo yikorere umusaraba wa Yesu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Bamujyana ahitwa i Gologota, hasobanurwa ngo “I Nyabihanga.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Baha Yesu vino ivanze na sumuruna, ariko ntiyayinywa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Baramubamba, bagabana imyenda ye bayifindiye ngo umuntu amenye uwo ari butware.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Bamubambye ku isaha eshatu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Urwandiko rw’ikirego rwandikwa hejuru ye, ngo “UMWAMI W’ABAYUDA.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Bamubambana n’abambuzi babiri, umwe iburyo bwe, n’undi ibumoso.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Ni bwo ibyanditswe byasohoye ngo “Yabaranywe n’abanyabyaha.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
Abahisi baramutuka, bamuzunguriza imitwe bavuga bati “Ngaho wowe usenya urusengero ukarwubaka mu minsi itatu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter30.
ikize umanuke uve ku musaraba.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter31.
Abatambyi bakuru n’abanditsi na bo baramucyurira, bamushinyagurira batyo barengurana bati “Yakijije abandi, ntabasha kwikiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter32.
Kristo, Umwami w’Abisirayeli! Namanuke ave ku musaraba nonaha, tubirebe twemere.” Ndetse n’abari babambanywe na we baramutuka.
Urupfu rwa Yesu (Mat 27.45-56; Luka 23.44-49; Yoh 19.28-30)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter33.
Maze isaha zibaye esheshatu, haba ubwirakabiri mu gihugu cyose bugeza ku isaha ya cyenda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter34.
Ku isaha ya cyenda Yesu avuga ijwi rirenga ati “Eloyi, Eloyi, lama sabakitani?” Risobanurwa ngo “Mana yanjye, Mana yanjye, ni iki kikundekesheje?”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter35.
Maze bamwe mu bahagaze aho babyumvise baravuga ngo “Dorere, arahamagara Eliya.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter36.
Nuko umwe arirukanka yenda sipongo ayuzuza inzoga ikereta, ayishyira ku rubingo arayimusomesha ati “Reka turebe ko Eliya aza kumubambura.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter37.
Maze Yesu avuga ijwi rirenga, umwuka urahera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter38.
Umwenda ukingiriza Ahera cyane h’urusengero utabukamo kabiri, uhereye hejuru ukageza hasi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter39.
Umutware utwara umutwe w’abasirikare wari uhagaze yerekeye Yesu, abonye apfuye atyo aravuga ati “Ni ukuri uyu muntu yari Umwana w’Imana.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter40.
Hari n’abagore bari bahagaze kure bareba, muri bo harimo Mariya Magadalena, na Mariya nyina wa Yakobo muto na Yosefu, na Salome.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter41.
Abo ubwo yabaga i Galilaya ni bo bamukurikiraga bamukorera, n’abandi bagore benshi bazamukanye i Yerusalemu.
Bahamba Yesu (Mat 27.57-61; Luka 23.50-56; Yoh 19.38-42)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter42.
Bugorobye kuko wari umunsi wo Kwitegura, ari wo munsi ubanziriza isabato,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter43.
Yosefu Umunyarimataya, umujyanama w’icyubahiro kandi na we yategerezaga ubwami bw’Imana, aratinyuka ajya kwa Pilato asaba intumbi ya Yesu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter44.
Ariko Pilato yari agitangara yuko yaba amaze gupfa, ni ko guhamagaza umutware w’abasirikare, amubaza yuko amaze gupfa koko.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter45.
Amaze kubyemezwa n’umutware w’abasirikare aha Yosefu intumbi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter46.
Na we agura umwenda w’igitare, arayibambura ayizingira muri uwo mwenda w’igitare, amushyira mu mva ye yakorogoshowe mu rutare, abirindurira igitare ku munwa w’imva.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter47.
Mariya Magadalena na Mariya nyina wa Yosefu babona aho ahambwe.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma mariko igice cya: