Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Aba ni bo batambyi n’Abalewi bazamukanye na Zerubabeli mwene Sheyalutiyeli na Yeshuwa: Seraya na Yeremiya na Ezira,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
na Amariya na Maluki na Hatushi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
na Shekaniya na Rehumu na Meremoti,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
na Ido na Ginetoni na Abiya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
na Miyamini na Mādiya na Biluga,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
na Shemaya na Yoyaribu na Yedaya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
na Salu na Amoki na Hilukiya na Yedaya. Abo ni bo batware b’abatambyi na bene wabo bo mu gihe cya Yeshuwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Kandi Abalewi ni Yoshuwa na Binuwi na Kadimiyeli, na Sherebiya na Yuda na Mataniya. Uwo na bene se ni bo batereraga abantu ishimwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Na Bakibukiya na Uno bene wabo, barakuranwaga mu bihe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Yeshuwa yabyaye Yoyakimu, Yoyakimu abyara Eliyashibu, Eliyashibu abyara Yoyada.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Yoyada abyara Yonatani, Yonatani abyara Yaduwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Abatambyi bo mu gihe cya Yoyakimu bari abatware b’amazu ya ba sekuruza ni aba: uw’inzu ya Seraya ni Meraya, uw’inzu ya Yeremiya ni Hananiya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
uw’inzu ya Ezira ni Meshulamu, uw’inzu ya Amariya ni Yehohanani,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
uw’inzu ya Maluki ni Yonatani, uw’inzu ya Shebaniya ni Yosefu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
uw’inzu ya Hiramu ni Adina, uw’inzu ya Merayoti ni Helikayi
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
uw’inzu ya Ido ni Zekariya, uw’inzu ya Ginetoni ni Meshulamu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
uw’inzu ya Abiya ni Zikiri, uw’inzu ya Miniyamini n’iya Mowadiya ni Pilitayi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
uw’inzu ya Biluga ni Shamuwa, uw’inzu ya Shemaya ni Yehonatani,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
uw’inzu ya Yoyaribu ni Matenayi, uw’inzu ya Yedaya ni Uzi
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
uw’inzu ya Salayi ni Kalayi, uw’inzu ya Amoki ni Eberi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
uw’inzu ya Hilukiya ni Hashabiya, uw’inzu ya Yedaya ni Netanēli.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Mu bihe bya Eliyashibu na Yoyada na Yohanani na Yaduwa, Abalewi n’abatambyi bari baranditswe ku ngoma ya Dariyo Umuperesi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Bene Lewi abatware b’amazu ya ba sekuruza bari baranditswe mu gitabo cy’ibyo ku ngoma, kugeza igihe cya Yohanani mwene Eliyashibu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Kandi abatware b’Abalewi Hashabiya na Sherebiya na, Yoshuwa mwene Kadimiyeli na bene wabo bateganye, bari barategetswe guhimbaza Imana no kuyishima, bakurikije itegeko rya Dawidi umuntu w’Imana bajya ibihe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Mataniya na Bakibukiya na Obadiya, na Meshulamu na Talimoni na Akubu, bari abakumirizi barinda amazu y’ububiko yo ku marembo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Aba ni bo bariho mu gihe cya Yoyakimu mwene Yeshuwa mwene Yosadaki, no mu gihe cya Nehemiya igisonga cy’umwami, na Ezira umutambyi akaba n’umwanditsi.
Inkike zuzura bakazeza
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Ubwo bezaga inkike y’i Yerusalemu, bashatse Abalewi aho babaga hose ngo babazane i Yerusalemu, bareme ibirori byo kuyeza banezerewe, bashimisha indirimbo bafite n’ibyuma bivuga na nebelu n’inanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Kandi abahungu b’abaririmbyi baraterana bava mu bibaya bikikije i Yerusalemu no mu birorero by’Abanyanetofa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
n’i Betigilugali no mu masambu y’i Geba na Azimaveti, kuko abaririmbyi bari biyubakiye ibirorero impande zose z’i Yerusalemu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter30.
Nuko abatambyi n’Abalewi bariyeza, maze beza abantu n’amarembo n’inkike.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter31.
Nuko nuriza abatware b’Abayuda ngo bajye hejuru y’inkike, mbaremamo imitwe ibiri minini yo kugenda muri gahunda bashima. Umutwe umwe werekera iburyo ku nkike, bagana ku irembo rinyuzwamo imyanda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter32.
Bakurikirana na Hoshaya n’igice cy’abatware b’Abayuda,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter33.
na Azariya na Ezira na Meshulamu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter34.
na Yuda na Benyamini na Shemaya na Yeremiya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter35.
n’abahungu b’abatambyi bamwe bafite amakondera: Zekariya mwene Yonatani mwene Shemaya mwene Mataniya, mwene Mikaya mwene Zakuri mwene Asafu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter36.
na bene se Shemaya na Azarēli na Milalayi na Gilalayi, na Mayi na Netanēli na Yuda na Hanani bafite ibicurangwa bya Dawidi umuntu w’Imana, kandi Ezira umwanditsi yari abarangaje imbere.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter37.
Bageze ku irembo ry’isōko baboneza imbere yabo, bazamukira ku nzuririro zijya ku mudugudu wa Dawidi aho inkike izamuka haruguru y’inzu ya Dawidi, bagera ku irembo ry’amazi iburasirazuba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter38.
Undi mutwe w’abagenda bashīma bajya kubasanganira, nanjye nari mbakurikiye ndi kumwe n’igice cy’abantu, tugenda ku nkike haruguru y’umunara w’itanura tugera ku nkike ngari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter39.
Maze tunyura hejuru y’irembo rya Efurayimu no ku irembo rya kera, tunyura ku irembo ry’amafi no ku munara wa Hananēli no ku wa Hameya, tugera ku irembo ry’intama. Baherako bahagarara ku irembo ry’abakumirizi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter40.
Maze imitwe yombi ihagarara mu nzu y’Imana irahayishimira, nanjye nari kumwe n’igice cy’abatware
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter41.
n’abatambyi: Eliyakimu na Māseya na Miniyamini na Mikaya, na Eliyowenayi na Zekariya na Hananiya bafite amakondera,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter42.
na Māseya na Shemaya na Eleyazari na Uzi, na Yehohanani na Malikiya na Elamu na Ezeri. Abaririmbyi baririmba ijwi rirenga, Yezerahiya ari we mutware wabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter43.
Uwo munsi batamba ibitambo bikomeye baranezerwa kuko Imana yari ibateye umunezero mwinshi, kandi abagabo n’abagore n’abana bato baranezerwa, bituma umunezero wo muri Yerusalemu wumvikana kure.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter44.
Nuko uwo munsi batoranya abantu bo gutegeka ibyumba by’ububiko, byo kubikamo amaturo azunguzwa n’umuganura n’ibice bya kimwe mu icumi, kugira ngo bayateranirizemo amagerero y’abatambyi n’Abalewi yategetswe mu mategeko uko amasambu y’imidugudu yari ari, kuko Abayuda banejejwe n’uko abatambyi n’Abalewi bari ku mirimo yabo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter45.
bagafata ibihe ku Mana yabo n’ibihe byo kwiyeza. Kandi abaririmbyi n’abakumirizi ni ko bagenzaga, bakurikije itegeko rya Dawidi n’iry’umuhungu we Salomo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter46.
Kuko kera mu gihe cya Dawidi na Asafu habagaho umutware w’abaririmbyi, hakaba n’indirimbo zo guhimbaza Imana no kuyishima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter47.
Kandi mu gihe cya Zerubabeli no mu cya Nehemiya, Abisirayeli batangaga igerero ry’abaririmbyi n’abakumirizi uko ryategekwaga iminsi yose. Nuko batambaga ibyo kweza Abalewi, n’Abalewi na bo batambaga ibyo kweza bene Aroni.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma nehemiya igice cya: