Umubwiriza 12:5
5. ni ukuri bazatinya ibiri hejuru bafatirwe n’ubwoba mu nzira, kandi igiti cy’umuluzi kizarabya, n’igihōre kizaba kiremereye kandi kwifuza kuzabura, kuko umuntu aba ajya iwabo h’iteka, abarira bakabungerera mu mayira, |
Soma Umubwiriza 12