Yeremiya 51:63
63. Nuko nurangiza gusoma iki gitabo uzagihambireho ibuye, ukijugunye mu ruzi Ufurate hagati 64maze uvuge uti ‘Uku ni ko i Babuloni hazazika kandi ntihazongera kubyuka hazize ibyago nzahateza, na bo bazacika intege.’ ” Iyo ni yo ndunduro y’amagambo ya Yeremiya. |
Soma Yeremiya 51