Somera Bibiriya kuri Telefone
16. Bizatuma Uwiteka atishimira abasore babo, ye kubabarira impfubyi zabo n’abapfakazi babo, kuko umuntu wese asuzugura Imana akaba ari inkozi y’ibibi, kandi akanwa kose kavuga ibinyabapfu. Nyamara uburakari bw’Uwiteka ntiburashira, ahubwo ukuboko kwe kuracyabanguye.


Uri gusoma yesaya 9:16 Umurongo wa: