Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
“Dore ijisho ryanjye ryabonye ibyo byose Ugutwi kwanjye kwarabyumvise ndabimenya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Ibyo muzi nanjye ndabizi, Ntimundusha.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ni ukuri ndashaka kuvugana n’Ishoborabyose, Kandi ndifuza kwiburanira ku Mana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Ariko muri abahimbyi b’ibinyoma, Mwese muri abavūzi badafite akamaro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Icyampa mugahora rwose, Mwaba mugize ubwenge.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
“Noneho nimwumve urubanza rwanjye, Kandi mutegere amatwi kuburana kw’iminwa yanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Mbese murashaka kuburanira Imana? Muvuga ibyo gukiranirwa mukariganya?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Murayicira urwa kibera? Murashaka kuvugira Imana?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Mbese ibagenzuye aho byababera byiza? Murashaka kuyiriganya nk’uko umuntu ariganya undi?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ni ukuri izabahana, Niba muca urwa kibera rwihishwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Mbese gukomera kwayo ntikuzabatera ubwoba, Igitinyiro cyayo kikabagwira?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Amagambo yanyu akomeye ni imigani imeze nk’ivu, Ibihome byanyu ni ibihome by’icyondo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Nimuceceke mundeke mvuge, Bingirire uko bishaka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Ni iki gituma nirya nkimara, Ngahara amagara yanjye?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Naho yanyica napfa nyiringira, Nubwo bimeze bityo, inzira zanjye nzazikomeza imbere yayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Ibyo na byo bizambera agakiza, Kuko ari nta muntu uhakana Imana uzaza imbere yayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Nimuhugukire amagambo yanjye, N’ibyo mpamya bigere mu matwi yanyu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Dore maze gutunganya urubanza rwanjye, Nzi yuko ndi umukiranutsi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
“Uwo tuzaburana ni nde? Kuko naceceka umwuka wahera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Ariko we kungirira ibi uko ari bibiri, Ni bwo ntazihisha mu maso hawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Gerura ukuboko kwawe kundeke, Kandi ntuntereshe igitinyiro cyawe ubwoba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
“Maze umpamagare ndakwitaba, Cyangwa ureke mvuge nawe unsubize.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Ibicumuro byanjye n’ibyaha byanjye ni bingahe? Umenyeshe igicumuro cyanjye n’icyaha cyanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
“Ni iki gituma unyima amaso ukangira umwanzi wawe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Mbese warushya ikibabi gitumurwa n’umuyaga, Ugakurikirana umurama wumye?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
“Kuko unyandikaho ibintu binsharirira, Kandi ugatuma ndimūra ibyaha byo mu busore bwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Ibirenge byanjye na byo ubishyize mu ngoyi, Kandi witegereze imigendere yanjye yose, Ibirenge byanjye ubishyizeho urukubo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Nubwo meze nk’ikintu kiboze cyononekaye, Cyangwa nk’umwambaro wariwe n’inyenzi.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: