Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
“Umwuka wanjye uraheze, iminsi yanjye irashize, Igituro kirantegereje
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Ni ukuri nkikijwe n’abakobanyi, Nta kindi mpora ndeba keretse abanshungera.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Noneho tanga ingwate unyishingire kuri wowe, Uwo twakorana mu biganza dusezerana ni nde?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Kuko imitima yabo wayihishe ubwenge, Ni cyo gituma utazabashyira ejuru.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Umuntu utanga incuti ze ngo zibe iminyago, Amaso y’abana be aziheba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Ariko yangize iciro ry’imigani mu bantu, Kandi bancira mu maso.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Agahinda gateye ijisho ryanjye guhunyeza, N’ingingo zanjye zose zimeze nk’igicucu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Ibyo bizatera inyangamugayo kūmirwa. Kandi utariho urubanza aziyenza ku batubaha Imana.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Ariko umukiranutsi azikomeza mu nzira ye, N’ufite amaboko aboneye azakomeza kunguka imbaraga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ariko mwebweho mwese nimugaruke muze, Nta munyabwenge n’umwe nabona muri mwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
“Iminsi yanjye irashize, Imigambi umutima wanjye wibwiraga ipfuye ubusa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ijoro barihinduye amanywa, N’umucyo usatiriye umwijima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Iyo ntegereje ikuzimu ko ari ho iwanjye, Iyo nshashe uburiri bwanjye mu mwijima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Iyo mbwiye Kubora nti ‘Uri data’, Nkabwira n’inyo nti ‘Uri mama kandi uri na mushiki wanjye’.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Noneho ibyiringiro byanjye biri he, Kandi ibyo byiringiro byanjye ni nde uzabibona?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Bizamanuka bigere ku myugariro y’ikuzimu, Ubwo nzaruhukanira na byo mu mukungugu.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: