Somera Bibiliya kuri Telefone
Yobu abasubizanya kwizera gukomeye
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Maze Yobu arasubiza ati
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
“Muzahereza he mubabaza umutima wanjye, Mukamvunaguza amagambo yanyu?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ubu ni ubwa cumi munshinyagurira, Ntabwo mukorwa n’isoni zo kungirira nabi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Niba naracumuye koko, Igicumuro cyanjye ni jye kiriho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Niba mushaka kunyibonaho, No kumpamya ibyo munsebya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Mumenye yuko ari Imana yubitse urubanza rwanjye, Ikangotesha imitego yayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Dore ndatakishwa no kugirirwa urugomo ariko sinumvirwa, Ndatabaza nta rubanza rutabera ruhari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Inzira yanjye yarayishe bituma ntabasha guhita, Kandi inzira zanjye yazikwijemo umwijima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Yanyaze icyubahiro cyanjye, Inyaka ikamba ryo ku mutwe wanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Yanyishe inturutse impande zose none ndapfuye, Kandi ibyiringiro byanjye yabiranduye nk’igiti.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Yankongejeho uburakari bwayo, Kandi imbarira mu banzi bayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ingabo zayo zaziye icyarimwe, Zishaka inzira yo kuntera, Maze zigota urugo rwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
“Yantandukanije n’abo tuva inda imwe, Kandi abo twari tuziranye baranyigurukije.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Bene wacu bantaye, N’incuti zanjye zanyibagiwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Abo mu nzu yanjye n’abaja banjye bangenje nk’umushyitsi, Mbamereye nk’umunyamahanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Mpamagara umugaragu wanjye ntarushye anyitaba, Nubwo mwingingisha akanwa kanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Umugore wanjye azinutswe umwuka wanjye, Kandi gusaba kwanjye kuzinutswe bene mama.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Ndetse n’abana bato baransuzugura, Iyo mbyutse bamvuga nabi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Incuti zanjye z’amagara zose ziranzinutswe, N’abo nakundaga bampindukiye abanzi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Amagufwa yanjye yumiranye n’umubiri wanjye n’inyama zanjye, Ndetse nsigaye ku menyo gusa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
“Mungirire imbabazi, Mungirire imbabazi mwa ncuti zanjye mwe, Kuko ukuboko kw’Imana kunkozeho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Murandenganyiriza iki mukangirira uko Imana ingize? Uko meze ntikubahagije?
Yobu ahamya ko afite Umucunguzi uzamukiza
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
“Iyaba amagambo yanjye yari yanditswe! Iyaba yari yanditswe mu gitabo!
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Akandikishwa ikaramu y’icyuma n’icyuma cy’isasu, Agakebwa ku rutare ngo ahoreho iteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Ariko jye ubwanjye nzi yuko Umucunguzi wanjye ariho, Kandi ko amaherezo azahagarara mu isi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Kandi uruhu rwanjye nirumara kubora, Nzareba Imana mfite umubiri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Nzayireba ubwanjye, Amaso yanjye azayitegereza si ay’undi. Nuko umutima wanjye umarwa n’urukumbuzi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Ahubwo mwari mukwiriye kuvuga muti ‘Twamurenganya dute, Ko afite impamvu zimuha urubanza?’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
“Nimutinye inkota, Kuko uburakari buteza guhanwa n’inkota, Kugira ngo mumenye yuko hariho urubanza rutabera.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: