Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
“Ni ukuri ifeza igira urwobo yavuyemo, N’izahabu ikagira uruganda icurirwamo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Ubutare bukurwa mu butaka, N’ibuye riyengeshejwe rivamo umuringa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Umuntu amaraho umwijima akawugenzura, Akagera mu maherezo y’urugabano, Akurikiranye amabuye ari mu mwijima no mu gicucu cy’urupfu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Acukura urwobo kure y’aho abantu batuye, Bakitendeka muri rwo kure y’abantu, Ntibahashinge ikirenge bakanagana hirya no hino.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Isi na yo ivamo ibyokurya, Kandi ikuzimu hayo habirindurwa nk’ahari umuriro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Amabuye y’aho avamo safiro, Arimo umukungugu w’izahabu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Iyo nzira nta gisiga kiyizi, N’ijisho ry’ikizu ntiryigeze kuyibona,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
N’inyamaswa zībona ntabwo zayikandagiyemo, N’intare y’inkazi ntiyayinyuzemo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
“Umuntu arambura ukuboko kwe ku rutare rw’isarabwayi, Yubika imisozi ahereye mu mizi yayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Aca imikorogero mu bitare, Kandi ijisho rye ribona ibifite igiciro cyinshi byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Agomera imigezi ntitembe, Kandi agaragaza icyari gihishwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ariko ubwenge bwo buzabonwa he? Cyangwa kumenya kuba hehe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
“Umuntu ntazi igiciro cyabwo, Kandi ntibubonwa mu gihugu cy’abazima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Imuhengeri haravuga hati ‘Ntibundimo’, N’inyanja iti ‘Ntiburi kumwe nanjye.’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Ntibuboneshwa n’izahabu, Kandi nta feza igererwa kuba ikiguzi cyabwo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Ntabwo bugereranywa n’izahabu ya Ofiri, Cyangwa shohamu y’igiciro cyinshi, habe na safiro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Izahabu n’ibirahuri ntibihwanye na bwo, Kandi ntibwaguranwa ibyambarwa by’izahabu nziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Fezaruka n’ibirahuri ntibizavugwa, Ni ukuri igiciro cy’ubwenge kiruta marijani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Topazi yo muri Etiyopiya ntabwo ihwanye na bwo, Kandi ntabwo bwagereranywa n’izahabu nziza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
“None se ubwenge bukomoka he? No kumenya kuba hehe?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Ko buhishwe amaso y’abazima bose, Bukihisha inyoni zo mu kirere?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Kirimbuzi n’urupfu biravuga biti ‘Amatwi yacu ni yo twumvishije impuha zabwo.’
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
“Imana ni yo izi inzira yabwo, Kandi izi n’aho buba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Kuko ireba ku mpera z’isi, Ikareba no munsi y’ijuru hose,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Kugira ngo igere uburemere bw’umuyaga, Ni ukuri amazi iyageresha incuro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Igihe yahereye imvura itegeko, N’umurabyo w’inkuba ikawuha inzira,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Ni bwo yabubonye ikabugaragaza, Yarabukomeje ndetse iraburondora.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
“Maze ibwira umuntu iti ‘Dore kubaha Uwiteka ni bwo bwenge Kandi kuva mu byaha ni ko kujijuka.’ ”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yobu igice cya: