Somera Bibiliya kuri Telefone
Umugabane w’Abasimeyoni
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Nuko ubufindo bwa kabiri bwerekana Simiyoni. Ni wo muryango w’Abasimeyoni nk’uko amazu yabo ari, kandi umugabane wabo wari hagati mu mugabane w’Abayuda.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Nuko bahabwa iyi midugudu ngo ibe gakondo yabo: Bērisheba cyangwa Sheba na Molada,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
na Hasarishuwali na Bala na Esemu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
na Elitoladi na Betula na Horuma,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
na Sikulagi na Betimarukaboti na Hasarisusa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
na Betilebawoti na Sharuheni. Imidugudu ni cumi n’itatu hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Ayini na Rimoni, na Eteri na Ashani. Imidugudu ine n’ibirorero byayo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
hamwe n’ibirorero byose bikikije iyo midugudu kugeza i Bālatibēri, ari yo Rama ikusi. Iyo ni yo gakondo y’umuryango w’Abasimeyoni nk’uko amazu yabo ari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Ariko umugabane w’Abasimeyoni wakuwe mu mugabane w’Abayuda, kuko igice cy’Abayuda cyabaruse ubwinshi. Ni cyo cyatumye Abasimeyoni bahabwa gakondo hagati muri gakondo yabo.
Umugabane w’Abazebuluni
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ubufindo bwa gatatu bwerekana Abazebuluni nk’uko amazu yabo ari. Kandi urugabano rwa gakondo yabo rugera i Sarida,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
rukazamurwa iburengerazuba kugeza i Marala rukagera n’i Dabesheti, rukagera ku kagezi kari imbere ya Yokineyamu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Uhereye i Sarida rugakebereza iburasirazuba rukagera mu rugabano rwa Kisilotitabora, rukagarukira i Daberati rukazamuka rugera i Yafiya.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Uhereye aho rukanyura iburasirazuba rukagera i Gatiheferi na Etikasini, rukagarukira i Rimoni rugakomeza i Neya,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
rugakebereza aho ikasikazi rujya i Hanatoni, kandi iherezo ryarwo ryari mu gikombe cya Ifutaheli.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Kandi bahabwa i Katati n’i Nahalali, n’i Shimuroni n’i Dala n’i Betelehemu. Yose ni imidugudu cumi n’ibiri hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Iyo ni yo gakondo y’Abazebuluni nk’uko amazu yabo ari.
Umugabane w’Abisakari
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Ubufindo bwa kane bwerekana Abisakari nk’uko amazu yabo ari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Urugabano rwabo rwagarukiraga i Yezerēli n’i Kesuloti n’i Shunemu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
n’i Hafarayimu n’i Shiyoni na Anaharati,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
n’i Rabiti n’i Kishiyoni na Ebeza,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
n’i Remeti na Eniganimu na Enihada n’i Betipazezi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
maze urugabano rukagarukira i Tabora n’i Shahazuma n’i Betishemeshi, kandi iherezo ry’urugabano rwabo ryari Yorodani. Yose ni imidugudu cumi n’itandatu hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Iyo ni yo gakondo y’umuryango w’Abisakari nk’uko amazu yabo ari, imidugudu n’ibirorero.
Umugabane w’Abashēri
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Ubufindo bwa gatanu bwerekana Abashēri nk’uko amazu yabo ari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Urugabano rwabo rwari i Helikati n’i Hali, n’i Beteni na Akishafu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
na Alameleki na Amadi n’i Mishali, nuko rukagera i Karumeli iburengerazuba, n’i Shihorilibunati,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
rugakebereza iburasirazuba rukagera i Betidagoni, maze rukagera i Zebuluni no mu gikombe cya Ifutaheli, rukagera i Betemeki n’i Neyeli ikasikazi rukagarukira i Kabuli ibumoso,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
na Eburoni n’i Rehobu, n’i Hamoni n’i Kana no kugeza i Sidoni nini.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
Nuko urugabano rugakebereza i Rama, rukagera no ku mudugudu w’i Tiro ugoswe n’inkike z’amabuye, maze urugabano rugakebereza i Hosa kandi iherezo ryarwo ryari inyanja hegeranye n’i Akizibu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter30.
kandi bahabwa na Uma na Afika n’i Rehobu. Yose ni imidugudu makumyabiri n’ibiri hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter31.
Iyo ni yo gakondo y’Abashēri nk’uko amazu yabo ari.
Umugabane w’Abanafutali
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter32.
Ubufindo bwa gatandatu bwerekana Abanafutali, ari bo bene Nafutali nk’uko amazu yabo ari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter33.
Urugabano rwabo rwaheraga i Helefi ku giti cy’umwela kiri i Sananimu, na Adaminekebu n’i Yabunēli kugeza i Lakumu, kandi iherezo ryarwo ryari Yorodani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter34.
Maze urugabano rugakebereza iburengerazuba rukagera Azinotitabora, uhereye aho rukagarukira i Hukoki. Nuko rukagera i Buzebuluni ikusi, rukagera i Bwasheri iburengerazuba, kandi i Buyuda kuri Yorodani iburasirazuba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter35.
Kandi imidugudu igoswe n’inkike z’amabuye bahawe ngiyi: Sidimu na Sera na Hamati, na Rakati na Kinereti,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter36.
na Adama na Rama na Hasori,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter37.
na Kedeshi na Edureyi na Enihasori,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter38.
na Ironi na Migidoleli na Horemu, na Betanati na Betishemeshi. Yose ni imidugudu cumi n’icyenda hamwe n’ibirorero byayo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter39.
Iyo ni yo gakondo y’umuryango w’Abanafutali nk’uko amazu yabo ari, imidugudu n’ibirorero byayo.
Umugabane w’Abadani
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter40.
Ubufindo bwa karindwi bwerekana umuryango w’Abadani nk’uko amazu yabo ari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter41.
Kandi urugabano rwa gakondo yabo rwari i Sora na Eshitawoli na Irishemeshi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter42.
n’i Shālabini na Ayaloni na Itula,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter43.
na Eloni n’i Timuna na Ekuroni,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter44.
na Eliteke n’i Gibetoni n’i Bālati,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter45.
n’i Yahudi n’i Beneberaki n’i Gatirimoni,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter46.
n’i Meyakoni n’i Rakoni, mu rugabano rwerekeye i Yopa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter47.
Kandi igihugu cy’Abadani cyisumbura urugabano rwabo, kuko Abadani bazamutse bagatera i Leshemu bakaharwanya, bahaneshesha inkota barahahindūra baturayo, maze i Leshemu bahita i Dani, bahitirira n’izina rya sekuruza Dani.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter48.
Iyo ni yo gakondo y’umuryango w’Abadani nk’uko amazu yabo ari, imidugudu n’ibirorero byabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter49.
Nuko barangiza kugabanya igihugu mo gakondo bakurikije ingabano zacyo, kandi Abisirayeli baha Yosuwa mwene Nuni gakondo hagati muri bo
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter50.
bakurikije itegeko ry’Uwiteka, bamuha umudugudu yasabye witwa Timunatisera wo mu gihugu cy’imisozi ya Efurayimu, yubakayo umudugudu awuturamo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter51.
Iyo ni yo gakondo Eleyazari umutambyi na Yosuwa mwene Nuni, n’abatware b’amazu y’imiryango y’Abisirayeli bagabanishije ubufindo i Shilo imbere y’Uwiteka, bari ku muryango w’ihema ry’ibonaniro. Uko ni ko barangije kugabana igihugu.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma yosuwa igice cya: