Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Gusenga k’umunyamubabaro iyo umutima we uguye isari, agasuka amaganya ye imbere y’Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Uwiteka, umva gusenga kwanjye, Gutaka kwanjye kukugereho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ntumpishe mu maso hawe ku munsi w’umubabaro wanjye, Untegere ugutwi ku munsi ntakiramo, Unsubize vuba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Kuko iminsi yanjye ishirira mu mwotsi, Amagufwa yanjye yaka nk’urumuri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Umutima wanjye umeze nk’ubwatsi bukubiswe urumye, Kuko nibagirwa kurya umutsima wanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Ijwi ryo kuniha kwanjye, Ritumye amagufwa yanjye yumatana n’inyama yanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Meze nk’uruyongoyongo rwo mu butayu, Mpindutse nk’igihunyira cyo mu misaka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Mba maso, Mpindutse nk’igishwi kiri ku ipfundo ry’inzu cyonyine.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Abanzi banjye barantuka umunsi ukira, Abashajijwe no kundakarira bangize intukano.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Kuko ndya ivu nk’umutsima, Mvanga ibyo nywa n’amarira,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ku bw’uburakari bwawe n’umujinya wawe, Kuko wanteruye ukanta.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Iminsi yanjye ihwanye n’igicucu kirehutse, Kandi numye nk’ubwatsi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Ariko wowe Uwiteka, uzicara ku ntebe y’ubwami iteka, Urwibutso rwawe ruzahoraho ibihe byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Uzahaguruka ubabarire i Siyoni, Kuko igihe cyo kuhababarira gisohoye, Ni koko igihe cyategetswe kirasohoye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Kuko abagaragu bawe bishimira amabuye yaho, Bababarira umukungugu waho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Bizatuma amahanga yubaha izina ry’Uwiteka, N’abami bo mu isi bose bakubaha icyubahiro cyawe,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Kuko Uwiteka azaba asannye i Siyoni, Kandi abonekanye icyubahiro cy’ubwiza bwe,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Yitaye ku gusenga kw’abatagira shinge na rugero, Adasuzuguye gusenga kwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Ibyo bizandikirwa ab’igihe kizaza, Ubwoko buzaremwa buzashima Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Kuko azaba arebye hasi, ari hejuru ahera he, Uwiteka arebeye isi mu ijuru,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Kugira ngo yumve kuniha kw’imbohe, Abohore abategekewe gupfa,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Ngo abantu bogereze izina ry’Uwiteka i Siyoni, N’ishimwe rye i Yerusalemu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Ubwo amahanga n’ibihugu by’abami, Bizateranira gukorera Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Yacishirije bugufi imbaraga zanjye mu nzira, Yagabanije iminsi yanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Ndavuga nti “Mana yanjye, Ntunkureho ngicagashije iminsi yanjye, Imyaka yawe ihoraho ibihe byose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Mbere na mbere washyizeho urufatiro rw’isi, N’ijuru ni umurimo w’intoki zawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Ibyo bizashira ariko wowe ho uzahoraho, Ibyo byose bizasaza nk’umwenda, Uzabihindura nk’uko imyambaro ikuranwa, Bibe bihindutse ukundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Ariko wowe ho uri uko wahoze, Imyaka y’ubugingo bwawe ntizashira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
Abana b’abagaragu bawe bazahora mu gihugu, Urubyaro rwabo ruzakomerezwa imbere yawe.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: