Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Nimushime Uwiteka mwambaze izina rye, Mwamamaze imirimo yakoze mu mahanga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Mumuririmbire, mumuririmbire ishimwe, Muvuge imirimo itangaza yakoze yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Mwirate izina rye ryera, Imitima y’abashaka Uwiteka yishime.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Mushake Uwiteka n’imbaraga ze, Mushake mu maso he iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Mwibuke imirimo itangaza yakoze, Ibitangaza bye n’amateka yo mu kanwa ke,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Mwa rubyaro rwa Aburahamu umugaragu we mwe, Mwa bana ba Yakobo mwe, abo yatoranije.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Uwiteka ni we Mana yacu, Amateka ye ari mu isi yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Yibuka isezerano rye iminsi yose, Ijambo yategetse aryibuka ibihe ibihumbi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Ni ryo sezerano yasezeranye na Aburahamu, Indahiro yarahiye Isaka,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Akayikomereza Yakobo kuba itegeko, Ayikomereza Isirayeli kuba isezerano ridashira.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Ati “Ni wowe nzaha igihugu cya Kanāni, Kuba umwandu ukugenewe.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Umubare wabo ukiri muke, Muke cyane na bo ari abashyitsi muri icyo gihugu,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Bazerera mu mahanga atari amwe, Bava mu bwami bajya mu bundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Ntiyakundira umuntu ko abarenganya, Yahaniye abami ko babagiriye nabi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Ati “Ntimukore ku bo nasīze, Ntimugire icyo mutwara abahanuzi banjye.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Ahamagara inzara ngo itere mu gihugu, Avuna inkoni yose bishingikirije, Ni yo mutsima wabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Atuma umugabo wo kubabanziriza, Ni Yosefu waguriwe kuba imbata.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Bababarisha ibirenge bye iminyururu, Bamushyiraho ibyuma,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Kugeza aho ijambo ry’Uwiteka ryasohoreye, Isezerano rye ryaramugeragezaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Umwami yaratumye baramubohora, Umutegeka w’amahanga yaramurekuye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Amugira umutware w’urugo rwe, Amubitsa ibintu bye byose,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Ngo abohe abakomeye be uko ashaka, Yigishe abakuru be ubwenge.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Kandi Isirayeli ajya muri Egiputa,Yakobo atura mu gihugu cya Hamu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Kandi Uwiteka agwiza ubwoko bwe cyane, Abaha gukomera kuruta abanzi babo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Ahindura imitima y’abo ngabo ngo bange ubwoko bwe, Bagira ubwenge bwo kurimbura abagaragu be.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Atuma Mose umugaragu we, Na Aroni yatoranije.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Bashyira hagati yabo ibimenyetso bye, Bakorera ibitangaza mu gihugu cya Hamu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Yohereza umwijima atuma riba ijoro, Na bo ntibagomera amagambo ye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
Ahindura amazi yabo amaraso, Yica amafi yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter30.
Igihugu cyabo cyuzura ibikeri, Mu mazu y’abami babo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter31.
Arategeka amarumbo y’isazi araza, N’inda mu gihugu cyabo cyose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter32.
Abaha urubura mu cyimbo cy’imvura, N’umuriro waka mu gihugu cyabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter33.
Akubita imizabibu yabo n’imitini yabo, Avuna ibiti byo mu gihugu cyabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter34.
Arategeka inzige ziraza, N’uburima bitabarika.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter35.
Birya n’imboga zose zo mu gihigu cyabo, Birya imbuto z’ubutaka bwabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter36.
Kandi akubita abana b’imfura bose, Bo mu gihugu cyabo arabica, Gukomera kwabo kose ni bo kwari kwatangiriyeho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter37.
Akuramo ba bandi, Bafite ifeza n’izahabu, Nta munyantege nke n’umwe, Wari uri mu miryango ye yose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter38.
Abanyegiputa bishimira kugenda kwabo, Kuko gutera ubwoba kwabo kwari kubafashe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter39.
Asanzura igicu cyo kubatwikīra, N’umuriro wo kubamurikira nijoro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter40.
Barasaba azana inkware, Abahaza umutsima wo mu ijuru.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter41.
Atobora igitare amazi aradudubiza, Atemba ahantu humye haba umugezi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter42.
Kuko yibutse ijambo rye ryera, Na Aburahamu umugaragu we.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter43.
Akurayo ubwoko bwe bwishimye, Intore ze azikurayo ziririmba.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter44.
Abaha ubutaka bw’abanyamahanga, Batwara ibyo abanyamahanga baruhiye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter45.
Bibera bityo kugira ngo bitondere amategeko ye, Bakurikize ibyo yategetse. Haleluya.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: