Somera Bibiliya kuri Telefone
IGICE CYA GATANU (Zaburi 107--150)
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Nimushimire Uwiteka yuko ari mwiza, 106.1; 118.1; 136.1; Yer 33.11 Kuko imbabazi ze zihoraho iteka ryose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Abacunguwe n’Uwiteka bavuge batyo, Abo yacunguye akabakura mu kuboko k’umwanzi,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Akabatarurukanya abakura mu bihugu, Aho izuba rirasira n’aho rirengera, Ikasikazi no ku nyanja.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Bazerereye mu butayu mu nzira itagira abantu, Ntibabona umudugudu wo kubamo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Bicwa n’inzara n’inyota, Imitima yabo igwa isari.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Maze batakira Uwiteka bari mu byago, Abakiza imibabaro yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Abashorerera mu nzira igororotse, Kugira ngo bagere mu mudugudu wo kubamo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Abo bashimire Uwiteka kugira neza kwe, N’imirimo itangaza yakoreye abantu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Kuko yahagije umutima wifuza, N’umutima ushonje yawujuje ibyiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Abandi bicaraga mu mwijima no mu gicucu cy’urupfu, Baboheshejwe umubabaro n’ibyuma,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Kuko bagomeye amagambo y’Imana, Bagasuzugura imigambi y’Isumbabyose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ni cyo cyatumye icishisha bugufi imitima yabo umuruho, Bakagwa ntibagire ubatabara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Maze batakira Uwiteka bari mu makuba, Abakiza imibabaro yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Abakura mu mwijima no mu gicucu cy’urupfu, Aca iminyururu yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Abo bashimire Uwiteka kugira neza kwe, N’imirimo itangaza yakoreye abantu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Kuko yamennye inzugi z’imiringa, Akavuna ibihindizo by’ibyuma.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Ibirimarima bibabarizwa ibicumuro byabyo, No gukiranirwa kwabyo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Imitima yabo ihurwa ibyokurya iyo biva bikajya, Bakegera amarembo y’urupfu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Maze bagatakira Uwiteka bari mu byago, Akabakiza imibabaro yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter20.
Akohereza ijambo rye akabakiza indwara, Akabakiza kwinjira mu mva zabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter21.
Abo bashimire Uwiteka kugira neza kwe, N’imirimo itangaza yakoreye abantu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter22.
Batamba ibitambo by’ishimwe, Bogeresha imirimo ye indirimbo z’ibyishimo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter23.
Abamanuka bajya mu nyanja bakagenda mu nkuge, Bagatundira mu mazi y’isanzure,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter24.
Barebeye imirimo y’Uwiteka n’ibitangaza bye imuhengeri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter25.
Kuko yategetse agahuhisha umuyaga w’ishuheri, Ushyira hejuru umuraba waho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter26.
Barazamukaga bakajya mu ijuru, Bagasubira bakamanuka bakajya ikuzimu, Imitima yabo ikayagishwa n’umubabaro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter27.
Bakazunga muzunga, Bakadandabirana nk’umusinzi, Ubwenge bwabo bwose bukazinduka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter28.
Maze batakira Uwiteka bari mu byago, Abakiza imibabaro yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter29.
Aturisha uwo muyaga w’ishuheri, Umuraba uratuza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter30.
Maze bīshimishwa n’uko utuje, Kandi abajyana mu mwaro bashakaga.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter31.
Abo bashimire Uwiteka kugira neza kwe, N’imirimo itangaza yakoreye abantu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter32.
Bamwogereze mu iteraniro ry’abantu, Bamushimire aho abakuru bicaranye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter33.
Ahindura imigezi ubutayu, N’amasōko ayahindura inkamīra,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter34.
Igihugu cyera agihindura ubutaka bw’umunyu, Ku bw’ibyaha by’abahatuye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter35.
Kandi ahindura ubutayu ikidendezi, No mu mburamazi ahahindura amasōko.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter36.
Aho ni ho aturiza abashonje, Kugira ngo batunganye umudugudu wo kubamo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter37.
Babibe imirima batere imizabibu, Bibonere imbuto z’umwero.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter38.
Akabaha umugisha bakagwira cyane, Ntakundire inka zabo ko zigabanuka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter39.
Kandi iyo bagabanutse, Bagacishwa bugufi n’agahato n’ibyago n’umubabaro,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter40.
Asuka igisuzuguriro ku bakomeye, Akabazerereza mu kidaturwa kitagira inzira,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter41.
Agashyira hejuru umukene amukuye mu makuba, Akamugwiriza imiryango nk’umukumbi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter42.
Abakiranutsi barabireba bakishima, Ubugoryi bwose bukiziba akanwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter43.
Umunyabwenge wese azitegereza ibyo, Kandi bazita ku mbabazi z’Uwiteka.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: