Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Nkundira Uwiteka, Kuko yumvise ijwi ryanjye no kwinginga kwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Kuko yantegeye ugutwi, Ni cyo gituma nzajya mwambaza nkiriho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ingoyi z’urupfu zantaye hagati, Uburibwe bw’ikuzimu bwaramfashe, Ngira ibyago n’umubabaro.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Maze nambaza izina ry’Uwiteka nti “Uwiteka, ndakwinginze kiza ubugingo bwanjye.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Uwiteka ni umunyambabazi kandi ni umukiranutsi, Ni koko Imana yacu igira ibambe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Uwiteka arinda abaswa, Nacishijwe bugufi arankiza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Mutima wanjye, subira mu buruhukiro bwawe, Kuko Uwiteka yakugiriye neza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Kuko wakijije ubugingo bwanjye urupfu, Amaso yanjye ukayakiza amarira, N’ibirenge byanjye ukabikiza kugwa.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Nzagendera mu maso y’Uwiteka, Mu isi y’ababaho.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Nari nizeye ubwo navugaga nti “Narababajwe cyane.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Nkavugana ubwira nti “Abantu bose ni abanyabinyoma.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Ibyiza Uwiteka yangiriye byose, Ndabimwitura iki?
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Nzakīra igikombe cy’agakiza, Nambaze izina ry’Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Nzahigura Uwiteka umuhigo wanjye, Ni koko nzawumuhigurira mu maso y’ubwoko bwe bwose.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Urupfu rw’abakunzi be, Ni urw’igiciro cyinshi mu maso y’Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Uwiteka, ni ukuri ndi umugaragu wawe, Ndi umugaragu wawe, Umwana w’umuja wawe wambohoye ingoyi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Nzagutambira igitambo cy’ishimwe, Nambaze izina ry’Uwiteka.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Nzahigura Uwiteka umuhigo wanjye, Ni koko nzawuhigurira mu maso y’ubwoko bwe bwose,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter19.
Mu bikari by’inzu y’Uwiteka, Hagati muri wowe Yerusalemu. Haleluya.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: