Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Indirimbo y’Amazamuka. Ubwo Uwiteka yagaruraga abajyanywe ho iminyago b’i Siyoni, Twari tumeze nk’abarota.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Icyo gihe akanwa kacu kari kuzuye ibitwenge, N’indimi zacu zari zuzuye indirimbo. Icyo gihe bavugiraga mu mahanga bati “Uwiteka yabakoreye ibikomeye.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Uwiteka yadukoreye ibikomeye, Natwe turishimye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Uwiteka, abajyanywe ho iminyago utugarure, Tumere nk’imigezi y’i Negebu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Ababiba barira, Bazasarura bishima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Nubwo umuntu agenda arira asohoye imbuto, Azagaruka yishima azanye imiba ye.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: