Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Indirimbo y’Amazamuka. Uwiteka, ibukira Dawidi imibabaro ye yose,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Yuko yarahiye Uwiteka indahiro, Yahize Intwari ya Yakobo umuhigo,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Ati “Ni ukuri sinzinjira munsi y’ipfundo ry’inzu yanjye, Sinzurira urutara rwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Sinzaha amaso yanjye ibitotsi, N’ibihene byanjye sinzabiha gusinzira,
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Ntarabonera Uwiteka ahantu, Ntarabonera Intwari ya Yakobo ubuturo.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Dore twumviye Efurata bakivuga, Twakibonye mu kigarama cy’i Yāri.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
“Twinjire mu buturo bwayo, Dusengere imbere y’intebe y’ibirenge byayo.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Uwiteka, haguruka winjire mu buruhukiro bwawe, Wowe ubwawe n’isanduku y’imbaraga zawe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Abatambyi bawe bambare gukiranuka, Abakunzi bawe bavuze impundu.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ku bwa Dawidi umugaragu wawe, Ntuhēze uwo wasīze.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Uwiteka yarahiye Dawidi indahiro y’ukuri, Ntazīvuguruza ati “Nzashyira uwo mu mbuto z’umubiri wawe ku ntebe yawe y’ubwami.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Abana bawe nibitondera isezerano ryanjye, N’ibyo nzahamya nkabigisha, N’abana babo bazicara ku ntebe yawe y’ubwami iteka ryose.”
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Kuko Uwiteka yatoranije Siyoni, Yahashakiye kuba ubuturo bwe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Ati “Aha ni ho buruhukiro bwanjye iteka ryose, Aha ni ho nzaba kuko nahashatse.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter15.
Nzaha ibyokurya byaho umugisha mwinshi, Nzahaza abakene baho umutsima.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter16.
Kandi abatambyi baho nzabambika agakiza, Abakunzi banjye baho bazavuza impundu cyane.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter17.
Ni ho nzamereza Dawidi ihembe, Uwo nasīze namwiteguriye itabaza.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter18.
Abanzi be nzabambika isoni. Ariko kuri we ikamba rizarabagirana.”

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: