Somera Bibiliya kuri Telefone
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter1.
Zaburi iyi yahimbiwe umutware w’abaririmbyi. Ni iya Dawidi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter2.
Uwiteka, nkiza umunyabyaha, Undinde umunyarugomo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter3.
Bibwira iby’igomwa, Bakajya bateranira umurwano.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter4.
Basongoye indimi zabo nk’inzoka, Ubusagwe bw’incira buri munsi y’iminwa yabo.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter5.
Uwiteka, nkiza amaboko y’umunyabyaha, Undinde umunyarugomo, Bagambiriye gusunika ibirenge byanjye ngo bangushe.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter6.
Abibone banteze umutego n’igisambi, Banteze ikigoyi iruhande rw’inzira, Banciriye ibico.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter7.
Nabwiye Uwiteka nti “Ni wowe Mana yanjye.” Uwiteka, tegera ugutwi ijwi ryo kwinginga kwanjye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter8.
Uwiteka Mwami, mbaraga z’agakiza kanjye, Ujye utwikīra umutwe wanjye ku munsi w’intambara.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter9.
Uwiteka, ntiwemere ibyo umunyabyaha ashaka, Ntufashe umugambi we mubi, Kugira ngo batishyira hejuru.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter10.
Ku mutwe w’abangota, Abe ari ho igomwa ry’iminwa yabo rigwa ribatwikīre.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter11.
Amakara yotsa abagweho, Bajugunywe mu muriro, Bajugunywe mu nzobo ndende, Kugira ngo badahaguruka ukundi.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter12.
Umunyakirimi kibi ntazakomezwa mu isi, Ibyaha bizahigira umunyarugomo kumurimbura.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter13.
Nzi yuko Uwiteka azacira umunyamubabaro urubanza rutunganye, N’abakene azabacira urukwiriye.
Sangira bibliya kuri FacebookSangiza bibliya kuri TwitterSangiza bibliya kuri Twitter14.
Nuko abakiranutsi bazashima izina ryawe, Abatunganye bazatura imbere yawe.

← Inyuma Komeza →

Uri gusoma zaburi igice cya: